Nos annonces

Message des Evêques Catholiques du Rwanda à lire pendant l'Homélie du 25 Nov. 2018

UBUTUMWA ABEPISKOPI GATOLIKA BO MU RWANDA BAGENEYE ABAKRISTU
KU MUNSI W’ISOZWA RY’ UMWAKA UDASANZWE W’UBWIYUNGE
«NIMUREKE IMANA IBIGARURIRE» (2 Kor 5, 20)



INTANGIRIRO
Basaserdoti, Bihayimana, Bakristu dukunda,
1. Umwami wacu Yezu Kristu yadusigiye ubutumwa bwo kuba

urumuri
n’umunyu w’isi (Mt 5, 13-16). Kuva Kiliziya yashingwa, ifite
inshingano zo gukomeza ubwo butumwa no gushishikarira kugeza

ku bantu
bose imbuto z’urukundo ari zo: ubwiyunge, amahoro n’ubutabera

(1 Kor
13, 4-7). Ikoresheje Ijambo ry’Imana yamamaza

n’amasakaramentu itanga,
ibereyeho kunga abantu n’Imana bityo bagashobora kwiyunga

n’imitima
yabo no kwiyunga hagati yabo.
2. Imyaka itatu irashize twe Abashumba banyu twihaye umugambi

wa buri
mwaka mu ikenurabushyo rusange. Umwaka wa mbere wa 2016

wabaye umwaka
w’Impuhwe; umwaka wa kabiri wa 2017 uw’Ubusaseridoti; naho

uwa gatatu
wa 2018 uba umwaka udasanzwe w’Ubwiyunge.

IGICE CYA 1: UBWIYUNGE NI IBANGA RY’UBUZIMA, ITUZE N’AMAHORO

Basaserdoti, Bihayimana, Bakristu Bavandimwe,
3. Igihe tubararikiye kwinjira muri gahunda y’ikenurabushyo

y’urugendo
rw’ubwiyunge mu mwaka wa 2018, twahereye ku ngaruka z’amateka

akomeye
y’Igihugu cyacu yaranzwe na jenoside yakorewe abatutsi muri

1994,
tugamije kandi kugera ku bwiyunge nk’ibanga rikomeye

ry’ubuzima buri
muntu wese akeneye, ritanga ituze n’amahoro birambye.
4. Nk’uko twabivuze mu ibaruwa yacu itangiza uyu mwaka

udasanzwe,
ubwiyunge ni “inzira ndende isaba igihe, ubushishozi
n’ubusabaniramana”. Ni urugendo rw’ubuzima bwose, rudufasha

kunoza
umubano wacu twiyunga n’Imana, twiyunga natwe ubwacu,

twiyunga na
bagenzi bacu ndetse n’ibidukikije. Umuntu ubashije kwinjira

muri iryo
banga ry’ubwiyunge, aba yinjiye by’ukuri mu ibanga

ry’ubuzima, bityo
akagira ituze n’amahoro birambye.
5. Iyo dusomye Ibyanditswe Bitagatifu, dusangamo ko kuva mu
ntangiriro, umugambi w’Imana wari uwo kurema mwene muntu,

ikamuha
ubuzima bwuje ituze n’amahoro. Ibyo kugira ngo bigerweho,

Imana
yeretse muntu ko inzira yo kugera kuri iryo banga ari

ukuyoboka inzira
y’ubwiyunge, akamenya kwiyunga na Yo igihe acumuye, kwiyunga

na we
ubwe, kwiyakira no kwakira amateka ye, kwiyunga n’abandi, no

kubana
neza n’ibindi biremwa Imana yamushyize iruhande. Umuntu

wemeye
kwinjira muri iyo gahunda aba yemeye ko Imana ubwayo

imwigarurira.
6. Mu Isezerano rya Kera, igihe Adamu na Eva bacumuye, Imana
yabashishikarije inzira yo kwicuza no kwiyunga, kugira ngo

basubirane
ubumwe bari bafite mu ntangiriro. Igihe umuryango wa

Israheli wari mu
rugendo ugana igihugu cy’isezerano, Imana yifashishije Musa,
Abacamanza, Abami n’Abahanuzi, kugira ngo umenye inzira

y’isezerano
n’ubuzima bw’ituze n’amahoro, ari yo kunga ubumwe n’Imana no

kunga
ubumwe ubwabo. Koko rero, uko umuryango w’Imana

wayigarukiraga niko
wagiraga amahoro n’ituze.
7. Mu Isezerano Rishya, ari mu Ivanjili no mu zindi

nyandiko, naho
hagarukwa cyane ku nyigisho z’ubwiyunge nk’ibanga ry’ubuzima

n’inzira
iganisha ku ituze n’amahoro. Mbere yo gutandukana n’abigishwa

be, Yezu
yabasabiye kuba umwe nk’uko We na Se ari umwe (Yoh 17,21).
Yabashishikarije urukundo agira ati: “Nimukundane kandi

mukundane
nk’uko nanjye nabakunze “(Yoh 13, 34). Urukundo na rwo ni

imbuto yera
ku bwiyunge. Pawulo Mutagatifu na we agaruka kenshi ku

bwiyunge
nk’ibanga ry’ubuzima n’ituze bigomba kuranga abana b’Imana,
abashishikariza kwirinda amakimbirane, kurangwa n’ubumwe

bushingiye
kuri Kristu (Reba Ef 4,1-6).
8. Duhereye ku Byanditswe Bitagatifu, dusanga inyigisho za

Yezu ndetse
n’iz’Intumwa ze, zihuriza ku nzira y’ubwiyunge nk’ibanga

ryubakiyeho
ubuzima bwa muntu muri rusange, n’ubw’umukristu

by’umwihariko. Uwemeye
kunyura muri iyo nzira y’ubwiyunge n’Imana, y’ubwiyunge na we

ubwe, na
mugenzi we ndetse n’ibidukikije Imana yaremye, uwo amenya

inzira
nyakuri y’ibanga ry’ubuzima bw’ituze n’amahoro. Iyo nzira

rero
y’ubwiyunge, ni yo twiyemeje kugana by’umwihariko nka

Kiliziya
Gatolika mu Rwanda muri uyu Mwaka Udasanzwe w’Ubwiyunge turi

gusoza.

IGICE CYA 2: URUGENDO RW’UBWIYUNGE MU RWANDA

Basaserdoti, Bihayimana, Bakristu,
9. Abanyarwanda twagize amahirwe adasanzwe yo kuba twaramenye
Ivanjiri, kuko yatubereye inzira idufasha kwinjira mu ibanga
ry’ubwiyunge buri wese yari akeneye nyuma y’amateka

twanyuzemo ya
jenoside n’intambara. Buri gihe, urugendo rw’ubwiyunge

rutangirana no
kumva ko urukundo rw’Imana n’urwa mugenzi wacu rwabangamiwe.
10. Iyi myaka itatu turangije yabanjirijwe n’izindi gahunda
z’ikenurabushyo twagiye twiha, dufasha abakristu

by’umwihariko
n’abanyarwanda muri rusange kuzirikana ku bwiyunge duhereye

ku mateka
y’ivangura, amacakubiri, intambara na Jenoside yakorewe

abatutsi mu
gihugu cyacu. Muribuka ko mu kwizihiza Yubile y’imyaka 2000

isi yari
imaze imenye Kristu, n’imyaka 100 Abanyarwanda bari bamaze

bakiriye
Ivanjili, Kiliziya Gatolika mu Rwanda yiyemeje gukora Sinodi
idasanzwe. Impamvu nyamukuru yari ikibazo cy’amacakubiri
y’Abanyarwanda, ashingiye ku mateka y’Igihugu cyacu. Mu

myanzuro yayo,
Kiliziya yatweretse inadushishikariza inzira y’ubwiyunge

nk’igisubizo
kirambye cy’imibanire yacu.
11. Nyuma ya sinodi, hakurikiyeho gahunda z’ikenurabushyo

zishingiye
ku myanzuro yayo n’ibibazo byagiye bigaragara mu bakristu.

Izo gahunda
zaganishaga ku gufasha abanyarwanda muri rusange,

n’abakristu
by’umwihariko, gushimangira ihame ry’ubwiyunge mu mibanire

yabo. Ibyo
byagaragariye mu cyegeranyo cyakozwe na Komisiyo y’Inama

y’Abepiskopi
ishinzwe Ubutabera n’Amahoro, cyashyizwe ahagaragara mu kwezi

kwa Mata
2014, ubwo hibukwaga mu Rwanda ku nshuro ya 20 jenoside

yakorewe
abatutsi[i] (#_edn1) . [1] (#_ftn1)
12. Gahunda y’imyaka itatu dushoje, yaje igamije gushimangira

no
kurushaho kunoza ibyavuye muri Sinodi zo mu mwaka wa 2000,

cyane
cyane ihame ry’ubwiyunge mu mibanire yacu nk’Abanyarwanda.
13. Mu mwaka wa mbere w’Impuhwe (2016), twazirikanye ibanga
ry’impuhwe z’Imana[2] (#_ftn2) , ari zo soko y’ubwiyunge

nyabwo: “Mube
abanyampuhwe nk’uko So wo mu ijuru ari umunyampuhwe” (Lk

6,36).
Twazirikanye kandi ko ubwiyunge nyabwo bugomba gushingira ku

mpuhwe no
kumenya kubabarira, nk’uko Imana Data ibabarira ititaye ku

buhemu
bwacu.
14. Mu mwaka wa kabiri (2017, twishimiye impano

y’ubusaseridoti Imana
yahaye Kiliziya mu Rwanda. Twazirikanye ko umusaseredoti

agomba kuba
umuhamya wa Kristu Umushumba Mwiza[3] (#_ftn3) kandi akaba

umugabuzi
w’Impuhwe z’Imana.
15. Uyu mwaka wa gatatu (2018), buri Diyosezi yagize gahunda

zihariye
z’ikenurabushyo zigamije gufasha abakristu mu byiciro byabo

kuzirikana
ibanga ry’ubwiyunge mu buzima bwa buri munsi. Iyo gahunda

yageze ku
ngo z’abashakanye, Imiryango-remezo, Imiryango y’Agisiyo

Gatolika,
Abapadiri, Abihayimana, n’andi matsinda anyuranye. Aha

turashimira
muri rusange abitabiriye, n’uruhare buri wese yagize afasha

abandi
kwivugurura mu nzira y’ubwiyunge, bushingiye kuri za nkingi

enye, ari
zo: kwiyunga n’Imana, kwiyunga na twe ubwacu, kwiyunga na

bagenzi
bacu, ndetse no kwiyunga n’ibidukikije.
16. Nk’uko twabizirikanye, ubwiyunge ni inzira ndende kandi

ya buri
munsi. Nubwo twishimira intera Abanyarwanda tumaze kugeraho

nyuma ya
jenoside yakorewe abatutsi muri 1994, ntitwakwirengagiza ko

hakiri na
none byinshi bikenewe gukorwa kugira ngo tugere ku bwiyunge

bwuzuye.

IGICE CYA 3: IBIKWIYE KWIBANDWAHO KUGIRA NGO TUGERE KU

BWIYUNGE
BWUZUYE
17. N’ubwo bigaragara ko hari intambwe yatewe mu rugendo

rw’ubwiyunge,
haracyari ibibazo bibubangamiye muri iki gihe. Muri ibyo

twavugamo:
ibibazo by’amakimbirane mu miryango n’ingo z’abashakanye,

ikibazo
cy’ubwiyunge hagati y’abakorewe jenoside n’abayibakoze

cyangwa
babahemukiye, ibibazo by’akarengane bishingiye ku guhuguzanya

imitungo
bigenda bigaragarira mu manza z’urudaca zitera umwiryane mu

baturanyi
n’ibindi. Hakwiye rero guterwa intambwe zo gukemura ibyo

bibazo
bibangamiye ubwiyunge bw’Abanyarwanda.
18. Ubwiyunge nyabwo rero ni inzira dukeneye kumva neza,

kandi buri
mukristu akazirikana ko ari urugendo rw’ubuzima bwose. Urwo

rugendo
rujyana n’isengesho ridufasha kugarukira Imana no kwiyemeza

guhinduka,
nk’uko Umubyeyi Bikira Mariya, Nyina wa Jambo, Umwamikazi wa

Kibeho
atahwemye kubidushishikariza igihe adusuye hano iwacu mu

Rwanda.

UMWANZURO

Basaserdoti, Bihayimana, Bakristu Bavandimwe,
19. Dushoje umwaka udasanzwe w’ubwiyunge, ariko inzira yabwo
iracyakomeza. Ni ngombwa kureka Imana ikatwigarurira. Ibyiza
watugejejeho tuzabikomeza. Tuzakomeza isengesho ryo gusaba

amahoro no
kungurana ibitekerezo bidufasha gukomeza gutera intambwe mu

bwiyunge.
Turagije Umubyeyi Bikira Mariya, Nyina wa Jambo, imbuto nziza
z’ubwiyunge zeze muri uyu mwaka dushoje.

Tubahaye mwese umugisha wa gishumba.

------------------------------------------------------------
[1] (#_ftnref1) Reba CEPR Commission Episcopale Justice et

Paix, La
contribution de l’Eglise Catholique dans le processus d’unité

et
reconciliation à travers sa Commission Justice et paix. Etude

bilan 20
ans après le génocide, Avril 2014
[2] (#_ftnref2) Reba Inama y’Abepiskopi Gatolika bo mu

Rwanda, “Tube
abahamya n’abagabuzi b’Impuhwe z’Imana”.Ubutumwa bw’umwaka

w’Impuhwe
Abepiskopi Gatolika bo mu Rwanda bageza ku bakristu, Kigali

kuwa 23
Kamena 2016.
[3] (#_ftnref3) Reba Inama y’Abepiskopi Gatolika bo mu

Rwanda,
Umusaseridoti Umuhamya wa Yezu Kristu, Umushumba mwiza.

Ubutumwa
bw”Abepiskopi Gatolika busoza yubile y’imyaka 100

y’ubusaseridoti mu
Rwanda, Kigali kuwa 08 Nzeri 2017
Retour au début (#Naviguation)
MESSAGE DES EVEQUES CATHOLIQUES DU RWANDA AUX FIDELES A LA

CLOTURE DE
L’ANNEE SPECIALE DE RECONCILIATION
«LAISSEZ-VOUS RECONCILIER AVEC DIEU» (2 Cor 5, 20)

INTRODUCTION

Chers prêtres, chers religieux et religieuses, chers fidèles,

1. Notre Seigneur Jésus Christ nous a assigné une mission,

celle
d’être la lumière du monde et le sel de la terre (Mt 5,13-

16). Dès son
institution, l’Eglise est appelée à poursuivre cette mission

et est
exhortée à aider le monde entier à obtenir les fruits de

l’amour que
sont la réconciliation, la paix et la justice (1Cor 13, 4-7).

A l’aide
de la Parole de Dieu qu’elle proclame et les sacrements

qu’elle
administre, la raison d’être de l’Eglise consiste en la

réconciliation
de ses fidèles avec Dieu afin qu’ils puissent, à leur tour,

être
réconciliés avec eux-mêmes et avec leurs semblables.
2. Nous achevons ainsi notre programme pastoral triennal

débuté en
2016. L’année 2016 était dédiée à la célébration de la

miséricorde
divine ; l’année 2017, à la célébration du Jubilé du premier
centenaire du don du sacerdoce au Rwanda ; tandis que 2018

fut appelé
l’année spéciale de la réconciliation.

PREMIERE PARTIE :
LA RECONCILIATION EN TANT QUE MYSTERE DE LA VIE, SOURCE DE LA
SERENITE ET DE LA PAIX

Chers prêtres, chers religieux et religieuses, chers fidèles,

3. Dans notre message inaugural à votre adresse au début de

l’année
2018, nous entreprenions avec vous tous le voyage / le

pèlerinage d’un
programme pastoral de réconciliation suite aux grandes

conséquences
causées par l’histoire tragique de notre pays dont le point

culminant
fut le génocide perpétré contre les Tutsi en 1994. Nous

voudrions donc
arriver à la réconciliation qui est le grand secret de la vie

dont
tout le monde a besoin et qui donne la sérénité et la paix

durable.
4. Au début de cette année spéciale de la réconciliation au

Rwanda,
nous avons dit / fait remarquer que « la réconciliation est

un long
processus qui requiert du temps suffisant, de la patience et

de la
grâce divine.» (nº. 2) Elle est un processus de toute la vie

qui nous
aide à améliorer notre relation avec Dieu en nous

réconciliant avec
Lui, avec nous-mêmes, avec nos prochains et avec notre

environnement.
Quand une personne parvient à entrer dans ce mystère de
réconciliation, elle entre pleinement dans le mystère de la

vie et par
conséquent retrouve la sérénité et la paix durable.
5. Selon les Saintes Ecritures, en créant l’homme, Dieu avait

le
dessein de lui donner une vie pleine de sérénité et de paix.

Mais
l’homme a désobéi à Dieu et s’est exclu de ce bonheur en

péchant par
ambitions. Pour cette raison, Il lui a indiqué la

réconciliation comme
l’unique voie vers ce secret primordial. En effet, il doit se
réconcilier avec Dieu, se réconcilier avec soi-même,

s’accepter et
accepter son histoire, se réconcilier avec ses prochains et

vivre en
harmonie avec l’environnement que Dieu lui a créé en guise de

cadeau
nécessaire et didactique. La personne qui s’engage dans ce

processus
accepte de ce fait de se réconcilier avec Dieu.

6. Selon l’Ancien Testament, quand Adam et Eve commirent le

péché,
Dieu les a exhortés au repentir et à la réconciliation avec

Lui afin
de rétablir l’unité qu’ils avaient avec Lui au commencement.

Lorsque
le peuple d’Israël était sur le chemin vers la Terre Promise,

Dieu lui
a envoyé Moise, les juges, les rois et les prophètes pour

qu’il
connaisse le chemin de l’alliance avec Dieu, Source de vie

sereine,
dans la paix, possible si et seulement si on est réconcilié

avec Dieu
et en son sein. De fait, chaque fois que le peuple de Dieu

retournait
à Lui, il recouvrait la paix et la sérénité.

7. Dans le Nouveau Testament, aussi bien dans les Evangiles

que dans
les autres écrits néotestamentaires, les enseignements

centrés sur la
réconciliation sont souvent cités comme le secret de la vie

et le
chemin vers la sérénité et la paix. Avant de se séparer de

ses
disciples, Jésus a prié pour qu’ils soient un comme Lui et

son Père
sont Un (Jn 17,21). Il leur a donné un commandement nouveau :

« comme
je vous ai aimés, aimez- vous les uns les autres » (Jn

13,34). L’amour
est également le fruit de la réconciliation. Saint Paul, lui
aussi, revient souvent sur la réconciliation en tant que

mystère de la
vie et de la sérénité devant caractériser les enfants de

Dieu. Ceux-ci
sont encouragés à ne pas céder aux divisions et à s’appliquer

à garder
l’unité fondée en Christ (cf. Ep 4, 1-6).

8. En nous référant aux Saintes Ecritures, nous notons que
l’enseignement de Jésus, mais aussi celui de ses disciples

indiquent
la recherche de la réconciliation comme base sur laquelle

sont bâties
la vie humaine en général, et la vie chrétienne en

particulier.
Chaquepersonne qui accepte de s’engager sans cette quête de
réconciliation avec Dieu, avec soimême, avec son prochain et

de avec
son environnement, est sur la vraie voie de la vie de

sérénité et de
paix. C’est donc à ce pèlerinage de réconciliation que

l’Eglise
Catholique au
Rwanda s’est particulièrement au cours de cette année

spéciale de la
réconciliation que nous clôturons.

DEUXIEME PARTIE :
LE PROCESSUS DE RECONCILIATION AU RWANDA

Chers prêtres, chers religieux et religieuses, chers fidèles,

9. Nous, Rwandais, grâce à l’Evangile que nous avons

accueilli, il
nous a été possible d’entrer dans le mystère de la

réconciliation dont
tout le monde avait besoin au lendemain de l’histoire

tragique du
génocide perpétré contre les Tutsi en 1994 et de la guerre

qu’a connue
notre pays. Le processus de réconciliation commence toujours

par une
prise de conscience d’un manquement à l’amour de Dieu et du

prochain.

10. Ces trois ans que nous terminons ont été précédés par

d’autres
programmes pastoraux que nous nous sommes fixés au fil du

temps, afin
d’aider les Rwandais en général et les chrétiens en

particulier, à
tenir en considération de l’histoire de discrimination, de

haine, de
guerre et du génocide perpétré contre les Tutsi en 1994 qui a

sévi
dans notre pays, pour réfléchir profondément sur la

réconciliation.
Vous vous rappelez lors de la célébration du jubilé de 2000

ans de la
naissance du Christ dans le monde et de 100 ans de

l’évangélisation de
notre pays l’Eglise Catholique au Rwanda s’est impliquée dans

un
synode spécial. La raison essentielle était le problème de

divisions
ethniques entre Rwandais lié à l’histoire de notre pays. Au

terme de
ce synode, l’Eglise nous a montré et recommandé le chemin de
réconciliation comme remède efficace à nos relations.

11. Après le synode, tous les programmes pastoraux ont été

conçus et
réalisés de manière à concrétiser les recommandations du

synode et à
répondre aux défis soulevés par les Fidèles. A travers eux,

nous
entendions offrir notre contribution de nature à aider les

Rwandais en
général et les chrétiens en particulier à mieux incarner dans

leur vie
privée et relations sociales l’impératif de la réconciliation

au nom
de Dieu pour l’humanité. Le résultat restitué fut le

compendium
réalisé par la Commission Episcopale Justice et Paix et

publié en
avril 2014, lors de la 20ème commémoration du génocide

perpétré contre
les Tutsi en 1994.

12. En entreprenant ce programme pastoral triennal que nous

achevons,
nous avions l’objectif de renforcer et d’améliorer les acquis

des
diocèses mis synodes de l’an 2000, et surtout de souligner
l’importance de la réconciliation dans la restauration des

relations
entre les Rwandais.

13. Durant la première année (2016 notre méditation a porté

sur le
mystère de la miséricorde divine, source de la vraie

réconciliation :
« Soyez donc miséricordieux, comme votre Père est

miséricordieux » (Lc
6,36). A l’école de Dieu nous pardonne quelle que soit la

gravité de
nos offenses, nous avons fait l’expérience de combien la

vraie
réconciliation des personnes puise sa force et son

authenticité dans
la miséricorde et le pardon divins. (Cfr CEPR, Commission

Episcopale
Justice et Paix, La contribution de l’Eglise Catholique dans

le
processus d’unité et réconciliation à travers sa Commission

Justice et
paix. Etude bilan 20 ans après le génocide, Avril 2014)

14. Pendant la deuxième année (2017), nous avons célébré avec

vous
tous le don du sacerdoce ministériel que Dieu a fait à

l’Eglise au
Rwanda. Le prêtre est, en effet, élu pour être le témoin du

Christ, le
bon pasteur2 et l’intendant de la Miséricorde divine, et

partant
ministre de la réconciliation. 15. Au cours de cette

troisième année
(2018) dont nous célébrons la clôture aujourd’hui, chaque

diocèse a eu
l’opportunité de choisir des activités pastorales capables

répondre
aux attentes des Fidèles en les aidant à réfléchir davantage

sur le
mystère et la réalité de la réconciliation dans leur vie

quotidienne.
Ce programme a rejoint les époux dans leurs foyers, les

voisins dans
leurs communautés ecclésiales de base, les jeunes dans les

mouvements
d’action catholique et les écoles, les prêtres, les religieux

et
religieuses ainsi que les autres différents groupes de

chrétiens dans
leur environnement habituel. Nous saisissons cette occasion

pour
exprimer notre gratit
ude à tous ceux qui y ont répondu à notre invitation et ont

donné
personnellement leur contribution ordonnée à aider leurs

communautés à
s’investir dans chaque étape du processus de la

réconciliation basée
sur ces quatre piliers: se réconcilier avec Dieu, se

réconcilier avec
soi-même, se réconcilier avec son prochain et se réconcilier

avec son
environnement.

16. Comme nous en avons fait l’expérience, la réconciliation

est un
long processus. Même si nous nous félicitons du pas déjà

franchi, dans
ce domaine, par les Rwandais après le génocide perpétré

contre les
Tutsi en 1994, nous ne pourrions pas ne pas reconnaître qu’il

y a
encore beaucoup d’efforts à fournir pour arriver à une pleine
réconciliation de tous les Rwandais.

TROISIEME PARTIE :
NOTRE ENGAGEMENT POUR UNE PLEINE RECONCILIATION

17. Un bon bout de chemin a, certes, été parcouru dans le

domaine de
la réconciliation. Cependant, force est de constater qu’il y

a encore
aujourd’hui de réels défis à la pleine réconciliation des

Rwandais.
Parmi eux, nous citerons : les conflits familiaux au sens

large et
spécifiquement entre les époux, le problème de réconciliation

entre
les victimes du génocide et ceux qui l’ont perpétré, l’âpreté

au gain
et les injustices qui émaillent les conflits fonciers

interminables
dans les cours et tribunaux semant et/ou alimentant souvent

la zizanie
entre les proches et voisins. Un autre pas est donc exigé de

tout le
monde dans la résolution ces problèmes qui entravent la

pleine
réconciliation des Rwandais.

18. La vraie réconciliation doit tendre à perfection. C’est

un
engagement qui requiert un dynamisme constant aussi bien dans

la
comprehension que dans la vie dont chaque fidèle doit prendre
conscience. Ce processus va de pair avec la prière qui nous

aide à
nous réconcilier avec Dieu et nous engage à la conversion

sincère et
permanente comme la 2Cfr CEPR, Le prêtre : témoin de Jésus

Christ, le
Bon Pasteur, Message des Evêques catholiques à la clôture du

Jubilé du
centenaire du sacerdoce au Rwanda, Kigali, le 08 Septembre

2017. La
Vierge Marie, Mère du Verbe, Notre Dame de Kibeho n’a cessé

de nous
solliciter quand elle a apparu chez nous au Rwanda.

CONCLUSION

Chers prêtres, chers religieux et religieuses, chers frères

et sœurs
dans le Christ

19. Nous clôturons l’année spéciale de la réconciliation mais

le
processus ne s’achève pas par ici, bien au contraire. Il est
indispensable que nous nous lassions réconcilier avec Dieu.

Nous nous
engageons à faire fructifier les résultats de cette année

spéciale.
Nous nous attèlerons toujours à la prière pour la paix et à

l’échange
d’idées en vue de pouvoir poser d’autres pas sur la voie de

la
réconciliation. Nous confions à sollicitude maternelle de la

Vierge
Marie, Mère du Verbe, les bons fruits de réconciliation

récoltés dans
cette année spéciale qui s’achève.

Que Dieu vous bénisse !

Fait à Kigali le 17 Novembre 2018

Retour au début (#Naviguation)
MESSAGE FROM THE CATHOLIC BISHOPS OF RWANDA TO THE FAITHFUL

AT
THE CLOSURE OF THE SPECIAL YEAR OF RECONCILIATION
“BE RECONCILED WITH GOD” (2 Cor 5:20)
INTRODUCTION

Dear priests, dear religious, dear faithful,

1. Our Lord Jesus Christ has asked us to be the light of the

world and
the salt of the earth (Matt 5:13-16). From the moment of its
establishment, the Church is called to continue this mission

and
exhorted to help the whole world to discover the fruits of

love which
are reconciliation, peace and justice (1Cor 13: 4-7). With

the help of
the Word of God it preaches and the sacraments it gives, the

Church
reconciles the faithful to God so that these first ones can

in turn be
reconciled with their hearts and between themselves.

2. We are finishing our triennial pastoral program started in

2016.
The year 2016 was dedicated to the celebration of divine

mercy; the
year 2017, to the celebration of the Jubilee of the centenary

of the
priesthood in Rwanda and 2018 has been the special year of
reconciliation.

FIRST PART :
RECONCILIATION AS A SECRET OF LIFE, JUSTICE AND PEACE

Dear priests, dear religious, dear faithful,

3. In the message we sent you at the beginning of 2018, we

told you
that our decision to dedicate this year to the pastoral

program of
reconciliation followed the great consequences caused by the

history
of our country and the genocide perpetrated against the Tutsi

in 1994.
We also wanted to succeed in a true reconciliation which is a

big
secret of the life that everyone needs and which gives

tranquility and
lasting peace.

4. At the beginning of this special year of reconciliation,

we said:
“the reconciliation is a long process which requires

sufficient time,
patience and divine grace.” It is a lifelong process that

helps us to
improve our relationship with God by reconciling ourselves

with Him,
with ourselves, with our neighbors and with our environment.

When a
person succeeds in entering this mystery of reconciliation,

he/she
enters fully into the secret of life and regains tranquility

and
lasting peace.

5. According to the Holy Scriptures, in creating man, God had

the plan
to give him a quiet and peaceful life. For this reason, He

recommended
him the reconciliation as the only way to this secret. This

involves
that when he falls in sin, he has to become reconciled with

God,
become reconciled with himself, accept and accept his

history, become
reconciled with his fellow men and live in accordance with

the
environment which God created to him. The person who follows

this
process thereby accepts to reconcile with God.

6. According to the Old Testament, When Adam and Eve

committed sin,
God urged them to repentance and reconciliation with him in

order to
restore unity with him in the beginning. When the Israelites

were on
the way to the Promised Land, God sent them Moses, the

judges, the
kings and the prophets to help them keep his covenant and

live
peacefully. That covenant consisted of reconciliation with

Him and
stay United themselves. And of course, as long as these

people
reconciled with God, they lived in peace.

7. In the New Testament, the Gospels as well as the other New
Testament writings always indicate reconciliation as the

secret of
life and the path to tranquility and peace. Before separating

from his
disciples, Jesus prayed that they would be one as He and his

Father
are one (John 17:21). He exhorted them to love by saying,

“May you
love one another, as I have loved you” (John 13:34). Love is

also the
fruit of reconciliation. Saint Paul also emphasizes

reconciliation as
the secret of life and tranquility that must characterize the

children
of God that he exhorts to support one another and to apply

oneself to
the unity based on Christ (ref. Eph 4:1- 6).

8. Referring to the Holy Scriptures, we note that the

teaching of
Jesus as well as that of his disciples indicates

reconciliation as the
secret on which human life in general, and the Christian life

in
particular, are built. Each person who agrees to walk on this

path of
reconciliation with God, reconciliation with oneself,

reconciliation
with one's neighbor and reconciliation with one's environment

is on
the true path to the life of tranquility and peace. It is

therefore
for this path of reconciliation that the Catholic Church in

Rwanda has
particularly chose during this special year of reconciliation

that we
are closing.

SECOND PART:
THE RECONCILIATION PROCESS IN RWANDA

Dear priests, dear religious, dear faithful,

9. We, Rwandans, thanks to the Gospel that we welcomed, we

entered the
secret of reconciliation that everyone needed in the

aftermath of the
tragic history of genocide perpetrated against the Tutsi in

1994 and
the war our country has experienced. In fact, the process of
reconciliation always begins with a realization of a failure

to love
God and the neighbour.

10. The three years that we are ending have been preceded by

other
pastoral programs which we settled over the years, by wanting

to help
the Christians in particular and every Rwandan generally, to

reflect
about the reconciliation starting from the history of

discrimination,
hatred, war and the genocide perpetrated against the Tutsi in

1994
that characterized our country. You remember that by

celebrating the
2000 anniversary of the Gospel of Christ in the world and 100

years of
evangelization of Rwanda, the Catholic Church in Rwanda

undertook a
special synod. Its main objective was to resolve

disagreements between
Rwandans caused the history of our country. At the end of

that synod,
the Church showed us and recommended the path of

reconciliation as an
effective remedy to our relations.

11. After the synod, all pastoral programmes were conceived

and
carried out in such a way as to concretize the

recommendations of the
Synod and to respond to the challenges raised by the

faithful. We were
generally aiming at helping Rwandans and particularly

Christians to
perfect the principle of reconciliation in restoring their
relationship. The result was the compendium made by the

Episcopal
Commission for Justice and Peace that was published in April

2014,
during the 20th commemoration of the genocide perpetrated

against the
Tutsi in 1994.

12. By undertaking this three-year pastoral program which we

finish,
we had the objective to improve the achievements of the

synods of the
year 2000, and especially the principle of reconciliation in

the
restoration of relations among Rwandans. 13. In the first

year (2016)
we celebrated the divine mercy, source of real

reconciliation: “Be
merciful, just as your father is merciful” (Lk 6:36). We also

saw that
the real reconciliation has to get fresh ideas in the mercy

and the
forgiveness, just like God forgives us without taking into
account the gravity of our sins.

14. In the second year (2017), we celebrated the gift of the
priesthood that God gave to the Church in Rwanda. We

remembered that
the priest must be the witness of Christ, the good pastor and

the
dispenser of divine mercy.

15. In this third year (2018) that we are finishing, each

diocese has
had its own pastoral program to help its faithful to reflect

more on
the secret of reconciliation in their daily lives. This

program has
arrived in families, ecclesial basic communities, movements

of
catholic action, at the priests, at the members of a

religious orders,
and in the other various groups of Christians. Here, we would

like to
thank, in general, all those who responded to it and the

contribution
which each one brought by helping others to perfect

themselves in the
process of reconciliation based on these four pillars which

are: to
reconcile with God, to be reconciled with oneself, to be

reconciled
with one's neighbor and to be reconciled with one's

environment.

16. As we pointed out, the reconciliation is a long process.

Even
though we welcome the step already passed by Rwandans after

the
genocide perpetrated against the Tutsi in 1994, we cannot

refrain from
saying that there is some more of things to do to arrive at

the real
reconciliation of the Rwandans.

THIRD PART:
OUR COMMITMENT TO THE REAL RECONCILIATION IN THE FUTURE

17. Although it is acceptable that a step has been taken on

the path
of reconciliation, a lot of challenges still arise that

prevent the
real reconciliation of the Rwandans. Among them, we will list

the
discord in the families of the married, the problem of

reconciliation
between the victims of the genocide and those who did it, the
injustice by which some want to unjustly take ownership of

the
properties of others through endless judgments that sow

discord among
the neighbors… We must then take another step in solving

these
problems that still now bother the reconciliation of

Rwandans.

18. True reconciliation is therefore the path we must

understand and
every Christian must know that it is a renewable process

throughout
his life. This process goes together with the prayer that

helps us to
be reconciled to God and to convert us as the Virgin Mary,

Mother of
the Word, Our Lady of Kibeho constantly asked us when she

appeared to
us in Rwanda.

CONCLUSION

Dear priests, dear religious, dear faithful,

19. We are closing the special year of reconciliation, but

the process
does not end. We have to become reconciled with God. We will

maintain
this year’s achievements. We will continue the prayer for

peace and
exchange ideas that can help us to make further steps towards

real
reconciliation. We entrust to the Virgin Mary, Mother of the

Word, the
good fruits of this special year of reconciliation that is

coming to
an end.

May God bless you all!
Done at Kigali, on 17th November 2018
UBUTUMWA ABEPISKOPI GATOLIKA BO MU RWANDA BAGENEYE ABAKRISTU
KU MUNSI W’ISOZWA RY’ UMWAKA UDASANZWE W’UBWIYUNGE
«NIMUREKE IMANA IBIGARURIRE» (2 Kor 5, 20)

INTANGIRIRO
Basaserdoti, Bihayimana, Bakristu dukunda,
1. Umwami wacu Yezu Kristu yadusigiye ubutumwa bwo kuba

urumuri
n’umunyu w’isi (Mt 5, 13-16). Kuva Kiliziya yashingwa, ifite
inshingano zo gukomeza ubwo butumwa no gushishikarira kugeza

ku bantu
bose imbuto z’urukundo ari zo: ubwiyunge, amahoro n’ubutabera

(1 Kor
13, 4-7). Ikoresheje Ijambo ry’Imana yamamaza

n’amasakaramentu itanga,
ibereyeho kunga abantu n’Imana bityo bagashobora kwiyunga

n’imitima
yabo no kwiyunga hagati yabo.
2. Imyaka itatu irashize twe Abashumba banyu twihaye umugambi

wa buri
mwaka mu ikenurabushyo rusange. Umwaka wa mbere wa 2016

wabaye umwaka
w’Impuhwe; umwaka wa kabiri wa 2017 uw’Ubusaseridoti; naho

uwa gatatu
wa 2018 uba umwaka udasanzwe w’Ubwiyunge.

IGICE CYA 1: UBWIYUNGE NI IBANGA RY’UBUZIMA, ITUZE N’AMAHORO

Basaserdoti, Bihayimana, Bakristu Bavandimwe,
3. Igihe tubararikiye kwinjira muri gahunda y’ikenurabushyo

y’urugendo
rw’ubwiyunge mu mwaka wa 2018, twahereye ku ngaruka z’amateka

akomeye
y’Igihugu cyacu yaranzwe na jenoside yakorewe abatutsi muri

1994,
tugamije kandi kugera ku bwiyunge nk’ibanga rikomeye

ry’ubuzima buri
muntu wese akeneye, ritanga ituze n’amahoro birambye.
4. Nk’uko twabivuze mu ibaruwa yacu itangiza uyu mwaka

udasanzwe,
ubwiyunge ni “inzira ndende isaba igihe, ubushishozi
n’ubusabaniramana”. Ni urugendo rw’ubuzima bwose, rudufasha

kunoza
umubano wacu twiyunga n’Imana, twiyunga natwe ubwacu,

twiyunga na
bagenzi bacu ndetse n’ibidukikije. Umuntu ubashije kwinjira

muri iryo
banga ry’ubwiyunge, aba yinjiye by’ukuri mu ibanga

ry’ubuzima, bityo
akagira ituze n’amahoro birambye.
5. Iyo dusomye Ibyanditswe Bitagatifu, dusangamo ko kuva mu
ntangiriro, umugambi w’Imana wari uwo kurema mwene muntu,

ikamuha
ubuzima bwuje ituze n’amahoro. Ibyo kugira ngo bigerweho,

Imana
yeretse muntu ko inzira yo kugera kuri iryo banga ari

ukuyoboka inzira
y’ubwiyunge, akamenya kwiyunga na Yo igihe acumuye, kwiyunga

na we
ubwe, kwiyakira no kwakira amateka ye, kwiyunga n’abandi, no

kubana
neza n’ibindi biremwa Imana yamushyize iruhande. Umuntu

wemeye
kwinjira muri iyo gahunda aba yemeye ko Imana ubwayo

imwigarurira.
6. Mu Isezerano rya Kera, igihe Adamu na Eva bacumuye, Imana
yabashishikarije inzira yo kwicuza no kwiyunga, kugira ngo

basubirane
ubumwe bari bafite mu ntangiriro. Igihe umuryango wa

Israheli wari mu
rugendo ugana igihugu cy’isezerano, Imana yifashishije Musa,
Abacamanza, Abami n’Abahanuzi, kugira ngo umenye inzira

y’isezerano
n’ubuzima bw’ituze n’amahoro, ari yo kunga ubumwe n’Imana no

kunga
ubumwe ubwabo. Koko rero, uko umuryango w’Imana

wayigarukiraga niko
wagiraga amahoro n’ituze.
7. Mu Isezerano Rishya, ari mu Ivanjili no mu zindi

nyandiko, naho
hagarukwa cyane ku nyigisho z’ubwiyunge nk’ibanga ry’ubuzima

n’inzira
iganisha ku ituze n’amahoro. Mbere yo gutandukana n’abigishwa

be, Yezu
yabasabiye kuba umwe nk’uko We na Se ari umwe (Yoh 17,21).
Yabashishikarije urukundo agira ati: “Nimukundane kandi

mukundane
nk’uko nanjye nabakunze “(Yoh 13, 34). Urukundo na rwo ni

imbuto yera
ku bwiyunge. Pawulo Mutagatifu na we agaruka kenshi ku

bwiyunge
nk’ibanga ry’ubuzima n’ituze bigomba kuranga abana b’Imana,
abashishikariza kwirinda amakimbirane, kurangwa n’ubumwe

bushingiye
kuri Kristu (Reba Ef 4,1-6).
8. Duhereye ku Byanditswe Bitagatifu, dusanga inyigisho za

Yezu ndetse
n’iz’Intumwa ze, zihuriza ku nzira y’ubwiyunge nk’ibanga

ryubakiyeho
ubuzima bwa muntu muri rusange, n’ubw’umukristu

by’umwihariko. Uwemeye
kunyura muri iyo nzira y’ubwiyunge n’Imana, y’ubwiyunge na we

ubwe, na
mugenzi we ndetse n’ibidukikije Imana yaremye, uwo amenya

inzira
nyakuri y’ibanga ry’ubuzima bw’ituze n’amahoro. Iyo nzira

rero
y’ubwiyunge, ni yo twiyemeje kugana by’umwihariko nka

Kiliziya
Gatolika mu Rwanda muri uyu Mwaka Udasanzwe w’Ubwiyunge turi

gusoza.

IGICE CYA 2: URUGENDO RW’UBWIYUNGE MU RWANDA

Basaserdoti, Bihayimana, Bakristu,
9. Abanyarwanda twagize amahirwe adasanzwe yo kuba twaramenye
Ivanjiri, kuko yatubereye inzira idufasha kwinjira mu ibanga
ry’ubwiyunge buri wese yari akeneye nyuma y’amateka

twanyuzemo ya
jenoside n’intambara. Buri gihe, urugendo rw’ubwiyunge

rutangirana no
kumva ko urukundo rw’Imana n’urwa mugenzi wacu rwabangamiwe.
10. Iyi myaka itatu turangije yabanjirijwe n’izindi gahunda
z’ikenurabushyo twagiye twiha, dufasha abakristu

by’umwihariko
n’abanyarwanda muri rusange kuzirikana ku bwiyunge duhereye

ku mateka
y’ivangura, amacakubiri, intambara na Jenoside yakorewe

abatutsi mu
gihugu cyacu. Muribuka ko mu kwizihiza Yubile y’imyaka 2000

isi yari
imaze imenye Kristu, n’imyaka 100 Abanyarwanda bari bamaze

bakiriye
Ivanjili, Kiliziya Gatolika mu Rwanda yiyemeje gukora Sinodi
idasanzwe. Impamvu nyamukuru yari ikibazo cy’amacakubiri
y’Abanyarwanda, ashingiye ku mateka y’Igihugu cyacu. Mu

myanzuro yayo,
Kiliziya yatweretse inadushishikariza inzira y’ubwiyunge

nk’igisubizo
kirambye cy’imibanire yacu.
11. Nyuma ya sinodi, hakurikiyeho gahunda z’ikenurabushyo

zishingiye
ku myanzuro yayo n’ibibazo byagiye bigaragara mu bakristu.

Izo gahunda
zaganishaga ku gufasha abanyarwanda muri rusange,

n’abakristu
by’umwihariko, gushimangira ihame ry’ubwiyunge mu mibanire

yabo. Ibyo
byagaragariye mu cyegeranyo cyakozwe na Komisiyo y’Inama

y’Abepiskopi
ishinzwe Ubutabera n’Amahoro, cyashyizwe ahagaragara mu kwezi

kwa Mata
2014, ubwo hibukwaga mu Rwanda ku nshuro ya 20 jenoside

yakorewe
abatutsi[i] (#_edn1) . [1] (#_ftn1)
12. Gahunda y’imyaka itatu dushoje, yaje igamije gushimangira

no
kurushaho kunoza ibyavuye muri Sinodi zo mu mwaka wa 2000,

cyane
cyane ihame ry’ubwiyunge mu mibanire yacu nk’Abanyarwanda.
13. Mu mwaka wa mbere w’Impuhwe (2016), twazirikanye ibanga
ry’impuhwe z’Imana[2] (#_ftn2) , ari zo soko y’ubwiyunge

nyabwo: “Mube
abanyampuhwe nk’uko So wo mu ijuru ari umunyampuhwe” (Lk

6,36).
Twazirikanye kandi ko ubwiyunge nyabwo bugomba gushingira ku

mpuhwe no
kumenya kubabarira, nk’uko Imana Data ibabarira ititaye ku

buhemu
bwacu.
14. Mu mwaka wa kabiri (2017, twishimiye impano

y’ubusaseridoti Imana
yahaye Kiliziya mu Rwanda. Twazirikanye ko umusaseredoti

agomba kuba
umuhamya wa Kristu Umushumba Mwiza[3] (#_ftn3) kandi akaba

umugabuzi
w’Impuhwe z’Imana.
15. Uyu mwaka wa gatatu (2018), buri Diyosezi yagize gahunda

zihariye
z’ikenurabushyo zigamije gufasha abakristu mu byiciro byabo

kuzirikana
ibanga ry’ubwiyunge mu buzima bwa buri munsi. Iyo gahunda

yageze ku
ngo z’abashakanye, Imiryango-remezo, Imiryango y’Agisiyo

Gatolika,
Abapadiri, Abihayimana, n’andi matsinda anyuranye. Aha

turashimira
muri rusange abitabiriye, n’uruhare buri wese yagize afasha

abandi
kwivugurura mu nzira y’ubwiyunge, bushingiye kuri za nkingi

enye, ari
zo: kwiyunga n’Imana, kwiyunga na twe ubwacu, kwiyunga na

bagenzi
bacu, ndetse no kwiyunga n’ibidukikije.
16. Nk’uko twabizirikanye, ubwiyunge ni inzira ndende kandi

ya buri
munsi. Nubwo twishimira intera Abanyarwanda tumaze kugeraho

nyuma ya
jenoside yakorewe abatutsi muri 1994, ntitwakwirengagiza ko

hakiri na
none byinshi bikenewe gukorwa kugira ngo tugere ku bwiyunge

bwuzuye.

IGICE CYA 3: IBIKWIYE KWIBANDWAHO KUGIRA NGO TUGERE KU

BWIYUNGE
BWUZUYE
17. N’ubwo bigaragara ko hari intambwe yatewe mu rugendo

rw’ubwiyunge,
haracyari ibibazo bibubangamiye muri iki gihe. Muri ibyo

twavugamo:
ibibazo by’amakimbirane mu miryango n’ingo z’abashakanye,

ikibazo
cy’ubwiyunge hagati y’abakorewe jenoside n’abayibakoze

cyangwa
babahemukiye, ibibazo by’akarengane bishingiye ku guhuguzanya

imitungo
bigenda bigaragarira mu manza z’urudaca zitera umwiryane mu

baturanyi
n’ibindi. Hakwiye rero guterwa intambwe zo gukemura ibyo

bibazo
bibangamiye ubwiyunge bw’Abanyarwanda.
18. Ubwiyunge nyabwo rero ni inzira dukeneye kumva neza,

kandi buri
mukristu akazirikana ko ari urugendo rw’ubuzima bwose. Urwo

rugendo
rujyana n’isengesho ridufasha kugarukira Imana no kwiyemeza

guhinduka,
nk’uko Umubyeyi Bikira Mariya, Nyina wa Jambo, Umwamikazi wa

Kibeho
atahwemye kubidushishikariza igihe adusuye hano iwacu mu

Rwanda.

UMWANZURO

Basaserdoti, Bihayimana, Bakristu Bavandimwe,
19. Dushoje umwaka udasanzwe w’ubwiyunge, ariko inzira yabwo
iracyakomeza. Ni ngombwa kureka Imana ikatwigarurira. Ibyiza
watugejejeho tuzabikomeza. Tuzakomeza isengesho ryo gusaba

amahoro no
kungurana ibitekerezo bidufasha gukomeza gutera intambwe mu

bwiyunge.
Turagije Umubyeyi Bikira Mariya, Nyina wa Jambo, imbuto nziza
z’ubwiyunge zeze muri uyu mwaka dushoje.

Tubahaye mwese umugisha wa gishumba.

------------------------------------------------------------
[1] (#_ftnref1) Reba CEPR Commission Episcopale Justice et

Paix, La
contribution de l’Eglise Catholique dans le processus d’unité

et
reconciliation à travers sa Commission Justice et paix. Etude

bilan 20
ans après le génocide, Avril 2014
[2] (#_ftnref2) Reba Inama y’Abepiskopi Gatolika bo mu

Rwanda, “Tube
abahamya n’abagabuzi b’Impuhwe z’Imana”.Ubutumwa bw’umwaka

w’Impuhwe
Abepiskopi Gatolika bo mu Rwanda bageza ku bakristu, Kigali

kuwa 23
Kamena 2016.
[3] (#_ftnref3) Reba Inama y’Abepiskopi Gatolika bo mu

Rwanda,
Umusaseridoti Umuhamya wa Yezu Kristu, Umushumba mwiza.

Ubutumwa
bw”Abepiskopi Gatolika busoza yubile y’imyaka 100

y’ubusaseridoti mu
Rwanda, Kigali kuwa 08 Nzeri 2017
Retour au début (#Naviguation)
MESSAGE DES EVEQUES CATHOLIQUES DU RWANDA AUX FIDELES A LA

CLOTURE DE
L’ANNEE SPECIALE DE RECONCILIATION
«LAISSEZ-VOUS RECONCILIER AVEC DIEU» (2 Cor 5, 20)

INTRODUCTION

Chers prêtres, chers religieux et religieuses, chers fidèles,

1. Notre Seigneur Jésus Christ nous a assigné une mission,

celle
d’être la lumière du monde et le sel de la terre (Mt 5,13-

16). Dès son
institution, l’Eglise est appelée à poursuivre cette mission

et est
exhortée à aider le monde entier à obtenir les fruits de

l’amour que
sont la réconciliation, la paix et la justice (1Cor 13, 4-7).

A l’aide
de la Parole de Dieu qu’elle proclame et les sacrements

qu’elle
administre, la raison d’être de l’Eglise consiste en la

réconciliation
de ses fidèles avec Dieu afin qu’ils puissent, à leur tour,

être
réconciliés avec eux-mêmes et avec leurs semblables.
2. Nous achevons ainsi notre programme pastoral triennal

débuté en
2016. L’année 2016 était dédiée à la célébration de la

miséricorde
divine ; l’année 2017, à la célébration du Jubilé du premier
centenaire du don du sacerdoce au Rwanda ; tandis que 2018

fut appelé
l’année spéciale de la réconciliation.

PREMIERE PARTIE :
LA RECONCILIATION EN TANT QUE MYSTERE DE LA VIE, SOURCE DE LA
SERENITE ET DE LA PAIX

Chers prêtres, chers religieux et religieuses, chers fidèles,

3. Dans notre message inaugural à votre adresse au début de

l’année
2018, nous entreprenions avec vous tous le voyage / le

pèlerinage d’un
programme pastoral de réconciliation suite aux grandes

conséquences
causées par l’histoire tragique de notre pays dont le point

culminant
fut le génocide perpétré contre les Tutsi en 1994. Nous

voudrions donc
arriver à la réconciliation qui est le grand secret de la vie

dont
tout le monde a besoin et qui donne la sérénité et la paix

durable.
4. Au début de cette année spéciale de la réconciliation au

Rwanda,
nous avons dit / fait remarquer que « la réconciliation est

un long
processus qui requiert du temps suffisant, de la patience et

de la
grâce divine.» (nº. 2) Elle est un processus de toute la vie

qui nous
aide à améliorer notre relation avec Dieu en nous

réconciliant avec
Lui, avec nous-mêmes, avec nos prochains et avec notre

environnement.
Quand une personne parvient à entrer dans ce mystère de
réconciliation, elle entre pleinement dans le mystère de la

vie et par
conséquent retrouve la sérénité et la paix durable.
5. Selon les Saintes Ecritures, en créant l’homme, Dieu avait

le
dessein de lui donner une vie pleine de sérénité et de paix.

Mais
l’homme a désobéi à Dieu et s’est exclu de ce bonheur en

péchant par
ambitions. Pour cette raison, Il lui a indiqué la

réconciliation comme
l’unique voie vers ce secret primordial. En effet, il doit se
réconcilier avec Dieu, se réconcilier avec soi-même,

s’accepter et
accepter son histoire, se réconcilier avec ses prochains et

vivre en
harmonie avec l’environnement que Dieu lui a créé en guise de

cadeau
nécessaire et didactique. La personne qui s’engage dans ce

processus
accepte de ce fait de se réconcilier avec Dieu.

6. Selon l’Ancien Testament, quand Adam et Eve commirent le

péché,
Dieu les a exhortés au repentir et à la réconciliation avec

Lui afin
de rétablir l’unité qu’ils avaient avec Lui au commencement.

Lorsque
le peuple d’Israël était sur le chemin vers la Terre Promise,

Dieu lui
a envoyé Moise, les juges, les rois et les prophètes pour

qu’il
connaisse le chemin de l’alliance avec Dieu, Source de vie

sereine,
dans la paix, possible si et seulement si on est réconcilié

avec Dieu
et en son sein. De fait, chaque fois que le peuple de Dieu

retournait
à Lui, il recouvrait la paix et la sérénité.

7. Dans le Nouveau Testament, aussi bien dans les Evangiles

que dans
les autres écrits néotestamentaires, les enseignements

centrés sur la
réconciliation sont souvent cités comme le secret de la vie

et le
chemin vers la sérénité et la paix. Avant de se séparer de

ses
disciples, Jésus a prié pour qu’ils soient un comme Lui et

son Père
sont Un (Jn 17,21). Il leur a donné un commandement nouveau :

« comme
je vous ai aimés, aimez- vous les uns les autres » (Jn

13,34). L’amour
est également le fruit de la réconciliation. Saint Paul, lui
aussi, revient souvent sur la réconciliation en tant que

mystère de la
vie et de la sérénité devant caractériser les enfants de

Dieu. Ceux-ci
sont encouragés à ne pas céder aux divisions et à s’appliquer

à garder
l’unité fondée en Christ (cf. Ep 4, 1-6).

8. En nous référant aux Saintes Ecritures, nous notons que
l’enseignement de Jésus, mais aussi celui de ses disciples

indiquent
la recherche de la réconciliation comme base sur laquelle

sont bâties
la vie humaine en général, et la vie chrétienne en

particulier.
Chaquepersonne qui accepte de s’engager sans cette quête de
réconciliation avec Dieu, avec soimême, avec son prochain et

de avec
son environnement, est sur la vraie voie de la vie de

sérénité et de
paix. C’est donc à ce pèlerinage de réconciliation que

l’Eglise
Catholique au
Rwanda s’est particulièrement au cours de cette année

spéciale de la
réconciliation que nous clôturons.

DEUXIEME PARTIE :
LE PROCESSUS DE RECONCILIATION AU RWANDA

Chers prêtres, chers religieux et religieuses, chers fidèles,

9. Nous, Rwandais, grâce à l’Evangile que nous avons

accueilli, il
nous a été possible d’entrer dans le mystère de la

réconciliation dont
tout le monde avait besoin au lendemain de l’histoire

tragique du
génocide perpétré contre les Tutsi en 1994 et de la guerre

qu’a connue
notre pays. Le processus de réconciliation commence toujours

par une
prise de conscience d’un manquement à l’amour de Dieu et du

prochain.

10. Ces trois ans que nous terminons ont été précédés par

d’autres
programmes pastoraux que nous nous sommes fixés au fil du

temps, afin
d’aider les Rwandais en général et les chrétiens en

particulier, à
tenir en considération de l’histoire de discrimination, de

haine, de
guerre et du génocide perpétré contre les Tutsi en 1994 qui a

sévi
dans notre pays, pour réfléchir profondément sur la

réconciliation.
Vous vous rappelez lors de la célébration du jubilé de 2000

ans de la
naissance du Christ dans le monde et de 100 ans de

l’évangélisation de
notre pays l’Eglise Catholique au Rwanda s’est impliquée dans

un
synode spécial. La raison essentielle était le problème de

divisions
ethniques entre Rwandais lié à l’histoire de notre pays. Au

terme de
ce synode, l’Eglise nous a montré et recommandé le chemin de
réconciliation comme remède efficace à nos relations.

11. Après le synode, tous les programmes pastoraux ont été

conçus et
réalisés de manière à concrétiser les recommandations du

synode et à
répondre aux défis soulevés par les Fidèles. A travers eux,

nous
entendions offrir notre contribution de nature à aider les

Rwandais en
général et les chrétiens en particulier à mieux incarner dans

leur vie
privée et relations sociales l’impératif de la réconciliation

au nom
de Dieu pour l’humanité. Le résultat restitué fut le

compendium
réalisé par la Commission Episcopale Justice et Paix et

publié en
avril 2014, lors de la 20ème commémoration du génocide

perpétré contre
les Tutsi en 1994.

12. En entreprenant ce programme pastoral triennal que nous

achevons,
nous avions l’objectif de renforcer et d’améliorer les acquis

des
diocèses mis synodes de l’an 2000, et surtout de souligner
l’importance de la réconciliation dans la restauration des

relations
entre les Rwandais.

13. Durant la première année (2016 notre méditation a porté

sur le
mystère de la miséricorde divine, source de la vraie

réconciliation :
« Soyez donc miséricordieux, comme votre Père est

miséricordieux » (Lc
6,36). A l’école de Dieu nous pardonne quelle que soit la

gravité de
nos offenses, nous avons fait l’expérience de combien la

vraie
réconciliation des personnes puise sa force et son

authenticité dans
la miséricorde et le pardon divins. (Cfr CEPR, Commission

Episcopale
Justice et Paix, La contribution de l’Eglise Catholique dans

le
processus d’unité et réconciliation à travers sa Commission

Justice et
paix. Etude bilan 20 ans après le génocide, Avril 2014)

14. Pendant la deuxième année (2017), nous avons célébré avec

vous
tous le don du sacerdoce ministériel que Dieu a fait à

l’Eglise au
Rwanda. Le prêtre est, en effet, élu pour être le témoin du

Christ, le
bon pasteur2 et l’intendant de la Miséricorde divine, et

partant
ministre de la réconciliation. 15. Au cours de cette

troisième année
(2018) dont nous célébrons la clôture aujourd’hui, chaque

diocèse a eu
l’opportunité de choisir des activités pastorales capables

répondre
aux attentes des Fidèles en les aidant à réfléchir davantage

sur le
mystère et la réalité de la réconciliation dans leur vie

quotidienne.
Ce programme a rejoint les époux dans leurs foyers, les

voisins dans
leurs communautés ecclésiales de base, les jeunes dans les

mouvements
d’action catholique et les écoles, les prêtres, les religieux

et
religieuses ainsi que les autres différents groupes de

chrétiens dans
leur environnement habituel. Nous saisissons cette occasion

pour
exprimer notre gratit
ude à tous ceux qui y ont répondu à notre invitation et ont

donné
personnellement leur contribution ordonnée à aider leurs

communautés à
s’investir dans chaque étape du processus de la

réconciliation basée
sur ces quatre piliers: se réconcilier avec Dieu, se

réconcilier avec
soi-même, se réconcilier avec son prochain et se réconcilier

avec son
environnement.

16. Comme nous en avons fait l’expérience, la réconciliation

est un
long processus. Même si nous nous félicitons du pas déjà

franchi, dans
ce domaine, par les Rwandais après le génocide perpétré

contre les
Tutsi en 1994, nous ne pourrions pas ne pas reconnaître qu’il

y a
encore beaucoup d’efforts à fournir pour arriver à une pleine
réconciliation de tous les Rwandais.

TROISIEME PARTIE :
NOTRE ENGAGEMENT POUR UNE PLEINE RECONCILIATION

17. Un bon bout de chemin a, certes, été parcouru dans le

domaine de
la réconciliation. Cependant, force est de constater qu’il y

a encore
aujourd’hui de réels défis à la pleine réconciliation des

Rwandais.
Parmi eux, nous citerons : les conflits familiaux au sens

large et
spécifiquement entre les époux, le problème de réconciliation

entre
les victimes du génocide et ceux qui l’ont perpétré, l’âpreté

au gain
et les injustices qui émaillent les conflits fonciers

interminables
dans les cours et tribunaux semant et/ou alimentant souvent

la zizanie
entre les proches et voisins. Un autre pas est donc exigé de

tout le
monde dans la résolution ces problèmes qui entravent la

pleine
réconciliation des Rwandais.

18. La vraie réconciliation doit tendre à perfection. C’est

un
engagement qui requiert un dynamisme constant aussi bien dans

la
comprehension que dans la vie dont chaque fidèle doit prendre
conscience. Ce processus va de pair avec la prière qui nous

aide à
nous réconcilier avec Dieu et nous engage à la conversion

sincère et
permanente comme la 2Cfr CEPR, Le prêtre : témoin de Jésus

Christ, le
Bon Pasteur, Message des Evêques catholiques à la clôture du

Jubilé du
centenaire du sacerdoce au Rwanda, Kigali, le 08 Septembre

2017. La
Vierge Marie, Mère du Verbe, Notre Dame de Kibeho n’a cessé

de nous
solliciter quand elle a apparu chez nous au Rwanda.

CONCLUSION

Chers prêtres, chers religieux et religieuses, chers frères

et sœurs
dans le Christ

19. Nous clôturons l’année spéciale de la réconciliation mais

le
processus ne s’achève pas par ici, bien au contraire. Il est
indispensable que nous nous lassions réconcilier avec Dieu.

Nous nous
engageons à faire fructifier les résultats de cette année

spéciale.
Nous nous attèlerons toujours à la prière pour la paix et à

l’échange
d’idées en vue de pouvoir poser d’autres pas sur la voie de

la
réconciliation. Nous confions à sollicitude maternelle de la

Vierge
Marie, Mère du Verbe, les bons fruits de réconciliation

récoltés dans
cette année spéciale qui s’achève.

Que Dieu vous bénisse !

Fait à Kigali le 17 Novembre 2018

Retour au début (#Naviguation)
MESSAGE FROM THE CATHOLIC BISHOPS OF RWANDA TO THE FAITHFUL

AT
THE CLOSURE OF THE SPECIAL YEAR OF RECONCILIATION
“BE RECONCILED WITH GOD” (2 Cor 5:20)
INTRODUCTION

Dear priests, dear religious, dear faithful,

1. Our Lord Jesus Christ has asked us to be the light of the

world and
the salt of the earth (Matt 5:13-16). From the moment of its
establishment, the Church is called to continue this mission

and
exhorted to help the whole world to discover the fruits of

love which
are reconciliation, peace and justice (1Cor 13: 4-7). With

the help of
the Word of God it preaches and the sacraments it gives, the

Church
reconciles the faithful to God so that these first ones can

in turn be
reconciled with their hearts and between themselves.

2. We are finishing our triennial pastoral program started in

2016.
The year 2016 was dedicated to the celebration of divine

mercy; the
year 2017, to the celebration of the Jubilee of the centenary

of the
priesthood in Rwanda and 2018 has been the special year of
reconciliation.

FIRST PART :
RECONCILIATION AS A SECRET OF LIFE, JUSTICE AND PEACE

Dear priests, dear religious, dear faithful,

3. In the message we sent you at the beginning of 2018, we

told you
that our decision to dedicate this year to the pastoral

program of
reconciliation followed the great consequences caused by the

history
of our country and the genocide perpetrated against the Tutsi

in 1994.
We also wanted to succeed in a true reconciliation which is a

big
secret of the life that everyone needs and which gives

tranquility and
lasting peace.

4. At the beginning of this special year of reconciliation,

we said:
“the reconciliation is a long process which requires

sufficient time,
patience and divine grace.” It is a lifelong process that

helps us to
improve our relationship with God by reconciling ourselves

with Him,
with ourselves, with our neighbors and with our environment.

When a
person succeeds in entering this mystery of reconciliation,

he/she
enters fully into the secret of life and regains tranquility

and
lasting peace.

5. According to the Holy Scriptures, in creating man, God had

the plan
to give him a quiet and peaceful life. For this reason, He

recommended
him the reconciliation as the only way to this secret. This

involves
that when he falls in sin, he has to become reconciled with

God,
become reconciled with himself, accept and accept his

history, become
reconciled with his fellow men and live in accordance with

the
environment which God created to him. The person who follows

this
process thereby accepts to reconcile with God.

6. According to the Old Testament, When Adam and Eve

committed sin,
God urged them to repentance and reconciliation with him in

order to
restore unity with him in the beginning. When the Israelites

were on
the way to the Promised Land, God sent them Moses, the

judges, the
kings and the prophets to help them keep his covenant and

live
peacefully. That covenant consisted of reconciliation with

Him and
stay United themselves. And of course, as long as these

people
reconciled with God, they lived in peace.

7. In the New Testament, the Gospels as well as the other New
Testament writings always indicate reconciliation as the

secret of
life and the path to tranquility and peace. Before separating

from his
disciples, Jesus prayed that they would be one as He and his

Father
are one (John 17:21). He exhorted them to love by saying,

“May you
love one another, as I have loved you” (John 13:34). Love is

also the
fruit of reconciliation. Saint Paul also emphasizes

reconciliation as
the secret of life and tranquility that must characterize the

children
of God that he exhorts to support one another and to apply

oneself to
the unity based on Christ (ref. Eph 4:1- 6).

8. Referring to the Holy Scriptures, we note that the

teaching of
Jesus as well as that of his disciples indicates

reconciliation as the
secret on which human life in general, and the Christian life

in
particular, are built. Each person who agrees to walk on this

path of
reconciliation with God, reconciliation with oneself,

reconciliation
with one's neighbor and reconciliation with one's environment

is on
the true path to the life of tranquility and peace. It is

therefore
for this path of reconciliation that the Catholic Church in

Rwanda has
particularly chose during this special year of reconciliation

that we
are closing.

SECOND PART:
THE RECONCILIATION PROCESS IN RWANDA

Dear priests, dear religious, dear faithful,

9. We, Rwandans, thanks to the Gospel that we welcomed, we

entered the
secret of reconciliation that everyone needed in the

aftermath of the
tragic history of genocide perpetrated against the Tutsi in

1994 and
the war our country has experienced. In fact, the process of
reconciliation always begins with a realization of a failure

to love
God and the neighbour.

10. The three years that we are ending have been preceded by

other
pastoral programs which we settled over the years, by wanting

to help
the Christians in particular and every Rwandan generally, to

reflect
about the reconciliation starting from the history of

discrimination,
hatred, war and the genocide perpetrated against the Tutsi in

1994
that characterized our country. You remember that by

celebrating the
2000 anniversary of the Gospel of Christ in the world and 100

years of
evangelization of Rwanda, the Catholic Church in Rwanda

undertook a
special synod. Its main objective was to resolve

disagreements between
Rwandans caused the history of our country. At the end of

that synod,
the Church showed us and recommended the path of

reconciliation as an
effective remedy to our relations.

11. After the synod, all pastoral programmes were conceived

and
carried out in such a way as to concretize the

recommendations of the
Synod and to respond to the challenges raised by the

faithful. We were
generally aiming at helping Rwandans and particularly

Christians to
perfect the principle of reconciliation in restoring their
relationship. The result was the compendium made by the

Episcopal
Commission for Justice and Peace that was published in April

2014,
during the 20th commemoration of the genocide perpetrated

against the
Tutsi in 1994.

12. By undertaking this three-year pastoral program which we

finish,
we had the objective to improve the achievements of the

synods of the
year 2000, and especially the principle of reconciliation in

the
restoration of relations among Rwandans. 13. In the first

year (2016)
we celebrated the divine mercy, source of real

reconciliation: “Be
merciful, just as your father is merciful” (Lk 6:36). We also

saw that
the real reconciliation has to get fresh ideas in the mercy

and the
forgiveness, just like God forgives us without taking into
account the gravity of our sins.

14. In the second year (2017), we celebrated the gift of the
priesthood that God gave to the Church in Rwanda. We

remembered that
the priest must be the witness of Christ, the good pastor and

the
dispenser of divine mercy.

15. In this third year (2018) that we are finishing, each

diocese has
had its own pastoral program to help its faithful to reflect

more on
the secret of reconciliation in their daily lives. This

program has
arrived in families, ecclesial basic communities, movements

of
catholic action, at the priests, at the members of a

religious orders,
and in the other various groups of Christians. Here, we would

like to
thank, in general, all those who responded to it and the

contribution
which each one brought by helping others to perfect

themselves in the
process of reconciliation based on these four pillars which

are: to
reconcile with God, to be reconciled with oneself, to be

reconciled
with one's neighbor and to be reconciled with one's

environment.

16. As we pointed out, the reconciliation is a long process.

Even
though we welcome the step already passed by Rwandans after

the
genocide perpetrated against the Tutsi in 1994, we cannot

refrain from
saying that there is some more of things to do to arrive at

the real
reconciliation of the Rwandans.

THIRD PART:
OUR COMMITMENT TO THE REAL RECONCILIATION IN THE FUTURE

17. Although it is acceptable that a step has been taken on

the path
of reconciliation, a lot of challenges still arise that

prevent the
real reconciliation of the Rwandans. Among them, we will list

the
discord in the families of the married, the problem of

reconciliation
between the victims of the genocide and those who did it, the
injustice by which some want to unjustly take ownership of

the
properties of others through endless judgments that sow

discord among
the neighbors… We must then take another step in solving

these
problems that still now bother the reconciliation of

Rwandans.

18. True reconciliation is therefore the path we must

understand and
every Christian must know that it is a renewable process

throughout
his life. This process goes together with the prayer that

helps us to
be reconciled to God and to convert us as the Virgin Mary,

Mother of
the Word, Our Lady of Kibeho constantly asked us when she

appeared to
us in Rwanda.

CONCLUSION

Dear priests, dear religious, dear faithful,

19. We are closing the special year of reconciliation, but

the process
does not end. We have to become reconciled with God. We will

maintain
this year’s achievements. We will continue the prayer for

peace and
exchange ideas that can help us to make further steps towards

real
reconciliation. We entrust to the Virgin Mary, Mother of the

Word, the
good fruits of this special year of reconciliation that is

coming to
an end.

May God bless you all!
Done at Kigali, on 17th November 2018UBUTUMWA ABEPISKOPI GATOLIKA BO MU RWANDA BAGENEYE ABAKRISTU
KU MUNSI W’ISOZWA RY’ UMWAKA UDASANZWE W’UBWIYUNGE
«NIMUREKE IMANA IBIGARURIRE» (2 Kor 5, 20)

INTANGIRIRO
Basaserdoti, Bihayimana, Bakristu dukunda,
1. Umwami wacu Yezu Kristu yadusigiye ubutumwa bwo kuba

urumuri
n’umunyu w’isi (Mt 5, 13-16). Kuva Kiliziya yashingwa, ifite
inshingano zo gukomeza ubwo butumwa no gushishikarira kugeza

ku bantu
bose imbuto z’urukundo ari zo: ubwiyunge, amahoro n’ubutabera

(1 Kor
13, 4-7). Ikoresheje Ijambo ry’Imana yamamaza

n’amasakaramentu itanga,
ibereyeho kunga abantu n’Imana bityo bagashobora kwiyunga

n’imitima
yabo no kwiyunga hagati yabo.
2. Imyaka itatu irashize twe Abashumba banyu twihaye umugambi

wa buri
mwaka mu ikenurabushyo rusange. Umwaka wa mbere wa 2016

wabaye umwaka
w’Impuhwe; umwaka wa kabiri wa 2017 uw’Ubusaseridoti; naho

uwa gatatu
wa 2018 uba umwaka udasanzwe w’Ubwiyunge.

IGICE CYA 1: UBWIYUNGE NI IBANGA RY’UBUZIMA, ITUZE N’AMAHORO

Basaserdoti, Bihayimana, Bakristu Bavandimwe,
3. Igihe tubararikiye kwinjira muri gahunda y’ikenurabushyo

y’urugendo
rw’ubwiyunge mu mwaka wa 2018, twahereye ku ngaruka z’amateka

akomeye
y’Igihugu cyacu yaranzwe na jenoside yakorewe abatutsi muri

1994,
tugamije kandi kugera ku bwiyunge nk’ibanga rikomeye

ry’ubuzima buri
muntu wese akeneye, ritanga ituze n’amahoro birambye.
4. Nk’uko twabivuze mu ibaruwa yacu itangiza uyu mwaka

udasanzwe,
ubwiyunge ni “inzira ndende isaba igihe, ubushishozi
n’ubusabaniramana”. Ni urugendo rw’ubuzima bwose, rudufasha

kunoza
umubano wacu twiyunga n’Imana, twiyunga natwe ubwacu,

twiyunga na
bagenzi bacu ndetse n’ibidukikije. Umuntu ubashije kwinjira

muri iryo
banga ry’ubwiyunge, aba yinjiye by’ukuri mu ibanga

ry’ubuzima, bityo
akagira ituze n’amahoro birambye.
5. Iyo dusomye Ibyanditswe Bitagatifu, dusangamo ko kuva mu
ntangiriro, umugambi w’Imana wari uwo kurema mwene muntu,

ikamuha
ubuzima bwuje ituze n’amahoro. Ibyo kugira ngo bigerweho,

Imana
yeretse muntu ko inzira yo kugera kuri iryo banga ari

ukuyoboka inzira
y’ubwiyunge, akamenya kwiyunga na Yo igihe acumuye, kwiyunga

na we
ubwe, kwiyakira no kwakira amateka ye, kwiyunga n’abandi, no

kubana
neza n’ibindi biremwa Imana yamushyize iruhande. Umuntu

wemeye
kwinjira muri iyo gahunda aba yemeye ko Imana ubwayo

imwigarurira.
6. Mu Isezerano rya Kera, igihe Adamu na Eva bacumuye, Imana
yabashishikarije inzira yo kwicuza no kwiyunga, kugira ngo

basubirane
ubumwe bari bafite mu ntangiriro. Igihe umuryango wa

Israheli wari mu
rugendo ugana igihugu cy’isezerano, Imana yifashishije Musa,
Abacamanza, Abami n’Abahanuzi, kugira ngo umenye inzira

y’isezerano
n’ubuzima bw’ituze n’amahoro, ari yo kunga ubumwe n’Imana no

kunga
ubumwe ubwabo. Koko rero, uko umuryango w’Imana

wayigarukiraga niko
wagiraga amahoro n’ituze.
7. Mu Isezerano Rishya, ari mu Ivanjili no mu zindi

nyandiko, naho
hagarukwa cyane ku nyigisho z’ubwiyunge nk’ibanga ry’ubuzima

n’inzira
iganisha ku ituze n’amahoro. Mbere yo gutandukana n’abigishwa

be, Yezu
yabasabiye kuba umwe nk’uko We na Se ari umwe (Yoh 17,21).
Yabashishikarije urukundo agira ati: “Nimukundane kandi

mukundane
nk’uko nanjye nabakunze “(Yoh 13, 34). Urukundo na rwo ni

imbuto yera
ku bwiyunge. Pawulo Mutagatifu na we agaruka kenshi ku

bwiyunge
nk’ibanga ry’ubuzima n’ituze bigomba kuranga abana b’Imana,
abashishikariza kwirinda amakimbirane, kurangwa n’ubumwe

bushingiye
kuri Kristu (Reba Ef 4,1-6).
8. Duhereye ku Byanditswe Bitagatifu, dusanga inyigisho za

Yezu ndetse
n’iz’Intumwa ze, zihuriza ku nzira y’ubwiyunge nk’ibanga

ryubakiyeho
ubuzima bwa muntu muri rusange, n’ubw’umukristu

by’umwihariko. Uwemeye
kunyura muri iyo nzira y’ubwiyunge n’Imana, y’ubwiyunge na we

ubwe, na
mugenzi we ndetse n’ibidukikije Imana yaremye, uwo amenya

inzira
nyakuri y’ibanga ry’ubuzima bw’ituze n’amahoro. Iyo nzira

rero
y’ubwiyunge, ni yo twiyemeje kugana by’umwihariko nka

Kiliziya
Gatolika mu Rwanda muri uyu Mwaka Udasanzwe w’Ubwiyunge turi

gusoza.

IGICE CYA 2: URUGENDO RW’UBWIYUNGE MU RWANDA

Basaserdoti, Bihayimana, Bakristu,
9. Abanyarwanda twagize amahirwe adasanzwe yo kuba twaramenye
Ivanjiri, kuko yatubereye inzira idufasha kwinjira mu ibanga
ry’ubwiyunge buri wese yari akeneye nyuma y’amateka

twanyuzemo ya
jenoside n’intambara. Buri gihe, urugendo rw’ubwiyunge

rutangirana no
kumva ko urukundo rw’Imana n’urwa mugenzi wacu rwabangamiwe.
10. Iyi myaka itatu turangije yabanjirijwe n’izindi gahunda
z’ikenurabushyo twagiye twiha, dufasha abakristu

by’umwihariko
n’abanyarwanda muri rusange kuzirikana ku bwiyunge duhereye

ku mateka
y’ivangura, amacakubiri, intambara na Jenoside yakorewe

abatutsi mu
gihugu cyacu. Muribuka ko mu kwizihiza Yubile y’imyaka 2000

isi yari
imaze imenye Kristu, n’imyaka 100 Abanyarwanda bari bamaze

bakiriye
Ivanjili, Kiliziya Gatolika mu Rwanda yiyemeje gukora Sinodi
idasanzwe. Impamvu nyamukuru yari ikibazo cy’amacakubiri
y’Abanyarwanda, ashingiye ku mateka y’Igihugu cyacu. Mu

myanzuro yayo,
Kiliziya yatweretse inadushishikariza inzira y’ubwiyunge

nk’igisubizo
kirambye cy’imibanire yacu.
11. Nyuma ya sinodi, hakurikiyeho gahunda z’ikenurabushyo

zishingiye
ku myanzuro yayo n’ibibazo byagiye bigaragara mu bakristu.

Izo gahunda
zaganishaga ku gufasha abanyarwanda muri rusange,

n’abakristu
by’umwihariko, gushimangira ihame ry’ubwiyunge mu mibanire

yabo. Ibyo
byagaragariye mu cyegeranyo cyakozwe na Komisiyo y’Inama

y’Abepiskopi
ishinzwe Ubutabera n’Amahoro, cyashyizwe ahagaragara mu kwezi

kwa Mata
2014, ubwo hibukwaga mu Rwanda ku nshuro ya 20 jenoside

yakorewe
abatutsi[i] (#_edn1) . [1] (#_ftn1)
12. Gahunda y’imyaka itatu dushoje, yaje igamije gushimangira

no
kurushaho kunoza ibyavuye muri Sinodi zo mu mwaka wa 2000,

cyane
cyane ihame ry’ubwiyunge mu mibanire yacu nk’Abanyarwanda.
13. Mu mwaka wa mbere w’Impuhwe (2016), twazirikanye ibanga
ry’impuhwe z’Imana[2] (#_ftn2) , ari zo soko y’ubwiyunge

nyabwo: “Mube
abanyampuhwe nk’uko So wo mu ijuru ari umunyampuhwe” (Lk

6,36).
Twazirikanye kandi ko ubwiyunge nyabwo bugomba gushingira ku

mpuhwe no
kumenya kubabarira, nk’uko Imana Data ibabarira ititaye ku

buhemu
bwacu.
14. Mu mwaka wa kabiri (2017, twishimiye impano

y’ubusaseridoti Imana
yahaye Kiliziya mu Rwanda. Twazirikanye ko umusaseredoti

agomba kuba
umuhamya wa Kristu Umushumba Mwiza[3] (#_ftn3) kandi akaba

umugabuzi
w’Impuhwe z’Imana.
15. Uyu mwaka wa gatatu (2018), buri Diyosezi yagize gahunda

zihariye
z’ikenurabushyo zigamije gufasha abakristu mu byiciro byabo

kuzirikana
ibanga ry’ubwiyunge mu buzima bwa buri munsi. Iyo gahunda

yageze ku
ngo z’abashakanye, Imiryango-remezo, Imiryango y’Agisiyo

Gatolika,
Abapadiri, Abihayimana, n’andi matsinda anyuranye. Aha

turashimira
muri rusange abitabiriye, n’uruhare buri wese yagize afasha

abandi
kwivugurura mu nzira y’ubwiyunge, bushingiye kuri za nkingi

enye, ari
zo: kwiyunga n’Imana, kwiyunga na twe ubwacu, kwiyunga na

bagenzi
bacu, ndetse no kwiyunga n’ibidukikije.
16. Nk’uko twabizirikanye, ubwiyunge ni inzira ndende kandi

ya buri
munsi. Nubwo twishimira intera Abanyarwanda tumaze kugeraho

nyuma ya
jenoside yakorewe abatutsi muri 1994, ntitwakwirengagiza ko

hakiri na
none byinshi bikenewe gukorwa kugira ngo tugere ku bwiyunge

bwuzuye.

IGICE CYA 3: IBIKWIYE KWIBANDWAHO KUGIRA NGO TUGERE KU

BWIYUNGE
BWUZUYE
17. N’ubwo bigaragara ko hari intambwe yatewe mu rugendo

rw’ubwiyunge,
haracyari ibibazo bibubangamiye muri iki gihe. Muri ibyo

twavugamo:
ibibazo by’amakimbirane mu miryango n’ingo z’abashakanye,

ikibazo
cy’ubwiyunge hagati y’abakorewe jenoside n’abayibakoze

cyangwa
babahemukiye, ibibazo by’akarengane bishingiye ku guhuguzanya

imitungo
bigenda bigaragarira mu manza z’urudaca zitera umwiryane mu

baturanyi
n’ibindi. Hakwiye rero guterwa intambwe zo gukemura ibyo

bibazo
bibangamiye ubwiyunge bw’Abanyarwanda.
18. Ubwiyunge nyabwo rero ni inzira dukeneye kumva neza,

kandi buri
mukristu akazirikana ko ari urugendo rw’ubuzima bwose. Urwo

rugendo
rujyana n’isengesho ridufasha kugarukira Imana no kwiyemeza

guhinduka,
nk’uko Umubyeyi Bikira Mariya, Nyina wa Jambo, Umwamikazi wa

Kibeho
atahwemye kubidushishikariza igihe adusuye hano iwacu mu

Rwanda.

UMWANZURO

Basaserdoti, Bihayimana, Bakristu Bavandimwe,
19. Dushoje umwaka udasanzwe w’ubwiyunge, ariko inzira yabwo
iracyakomeza. Ni ngombwa kureka Imana ikatwigarurira. Ibyiza
watugejejeho tuzabikomeza. Tuzakomeza isengesho ryo gusaba

amahoro no
kungurana ibitekerezo bidufasha gukomeza gutera intambwe mu

bwiyunge.
Turagije Umubyeyi Bikira Mariya, Nyina wa Jambo, imbuto nziza
z’ubwiyunge zeze muri uyu mwaka dushoje.

Tubahaye mwese umugisha wa gishumba.

------------------------------------------------------------
[1] (#_ftnref1) Reba CEPR Commission Episcopale Justice et

Paix, La
contribution de l’Eglise Catholique dans le processus d’unité

et
reconciliation à travers sa Commission Justice et paix. Etude

bilan 20
ans après le génocide, Avril 2014
[2] (#_ftnref2) Reba Inama y’Abepiskopi Gatolika bo mu

Rwanda, “Tube
abahamya n’abagabuzi b’Impuhwe z’Imana”.Ubutumwa bw’umwaka

w’Impuhwe
Abepiskopi Gatolika bo mu Rwanda bageza ku bakristu, Kigali

kuwa 23
Kamena 2016.
[3] (#_ftnref3) Reba Inama y’Abepiskopi Gatolika bo mu

Rwanda,
Umusaseridoti Umuhamya wa Yezu Kristu, Umushumba mwiza.

Ubutumwa
bw”Abepiskopi Gatolika busoza yubile y’imyaka 100

y’ubusaseridoti mu
Rwanda, Kigali kuwa 08 Nzeri 2017
Retour au début (#Naviguation)
MESSAGE DES EVEQUES CATHOLIQUES DU RWANDA AUX FIDELES A LA

CLOTURE DE
L’ANNEE SPECIALE DE RECONCILIATION
«LAISSEZ-VOUS RECONCILIER AVEC DIEU» (2 Cor 5, 20)

INTRODUCTION

Chers prêtres, chers religieux et religieuses, chers fidèles,

1. Notre Seigneur Jésus Christ nous a assigné une mission,

celle
d’être la lumière du monde et le sel de la terre (Mt 5,13-

16). Dès son
institution, l’Eglise est appelée à poursuivre cette mission

et est
exhortée à aider le monde entier à obtenir les fruits de

l’amour que
sont la réconciliation, la paix et la justice (1Cor 13, 4-7).

A l’aide
de la Parole de Dieu qu’elle proclame et les sacrements

qu’elle
administre, la raison d’être de l’Eglise consiste en la

réconciliation
de ses fidèles avec Dieu afin qu’ils puissent, à leur tour,

être
réconciliés avec eux-mêmes et avec leurs semblables.
2. Nous achevons ainsi notre programme pastoral triennal

débuté en
2016. L’année 2016 était dédiée à la célébration de la

miséricorde
divine ; l’année 2017, à la célébration du Jubilé du premier
centenaire du don du sacerdoce au Rwanda ; tandis que 2018

fut appelé
l’année spéciale de la réconciliation.

PREMIERE PARTIE :
LA RECONCILIATION EN TANT QUE MYSTERE DE LA VIE, SOURCE DE LA
SERENITE ET DE LA PAIX

Chers prêtres, chers religieux et religieuses, chers fidèles,

3. Dans notre message inaugural à votre adresse au début de

l’année
2018, nous entreprenions avec vous tous le voyage / le

pèlerinage d’un
programme pastoral de réconciliation suite aux grandes

conséquences
causées par l’histoire tragique de notre pays dont le point

culminant
fut le génocide perpétré contre les Tutsi en 1994. Nous

voudrions donc
arriver à la réconciliation qui est le grand secret de la vie

dont
tout le monde a besoin et qui donne la sérénité et la paix

durable.
4. Au début de cette année spéciale de la réconciliation au

Rwanda,
nous avons dit / fait remarquer que « la réconciliation est

un long
processus qui requiert du temps suffisant, de la patience et

de la
grâce divine.» (nº. 2) Elle est un processus de toute la vie

qui nous
aide à améliorer notre relation avec Dieu en nous

réconciliant avec
Lui, avec nous-mêmes, avec nos prochains et avec notre

environnement.
Quand une personne parvient à entrer dans ce mystère de
réconciliation, elle entre pleinement dans le mystère de la

vie et par
conséquent retrouve la sérénité et la paix durable.
5. Selon les Saintes Ecritures, en créant l’homme, Dieu avait

le
dessein de lui donner une vie pleine de sérénité et de paix.

Mais
l’homme a désobéi à Dieu et s’est exclu de ce bonheur en

péchant par
ambitions. Pour cette raison, Il lui a indiqué la

réconciliation comme
l’unique voie vers ce secret primordial. En effet, il doit se
réconcilier avec Dieu, se réconcilier avec soi-même,

s’accepter et
accepter son histoire, se réconcilier avec ses prochains et

vivre en
harmonie avec l’environnement que Dieu lui a créé en guise de

cadeau
nécessaire et didactique. La personne qui s’engage dans ce

processus
accepte de ce fait de se réconcilier avec Dieu.

6. Selon l’Ancien Testament, quand Adam et Eve commirent le

péché,
Dieu les a exhortés au repentir et à la réconciliation avec

Lui afin
de rétablir l’unité qu’ils avaient avec Lui au commencement.

Lorsque
le peuple d’Israël était sur le chemin vers la Terre Promise,

Dieu lui
a envoyé Moise, les juges, les rois et les prophètes pour

qu’il
connaisse le chemin de l’alliance avec Dieu, Source de vie

sereine,
dans la paix, possible si et seulement si on est réconcilié

avec Dieu
et en son sein. De fait, chaque fois que le peuple de Dieu

retournait
à Lui, il recouvrait la paix et la sérénité.

7. Dans le Nouveau Testament, aussi bien dans les Evangiles

que dans
les autres écrits néotestamentaires, les enseignements

centrés sur la
réconciliation sont souvent cités comme le secret de la vie

et le
chemin vers la sérénité et la paix. Avant de se séparer de

ses
disciples, Jésus a prié pour qu’ils soient un comme Lui et

son Père
sont Un (Jn 17,21). Il leur a donné un commandement nouveau :

« comme
je vous ai aimés, aimez- vous les uns les autres » (Jn

13,34). L’amour
est également le fruit de la réconciliation. Saint Paul, lui
aussi, revient souvent sur la réconciliation en tant que

mystère de la
vie et de la sérénité devant caractériser les enfants de

Dieu. Ceux-ci
sont encouragés à ne pas céder aux divisions et à s’appliquer

à garder
l’unité fondée en Christ (cf. Ep 4, 1-6).

8. En nous référant aux Saintes Ecritures, nous notons que
l’enseignement de Jésus, mais aussi celui de ses disciples

indiquent
la recherche de la réconciliation comme base sur laquelle

sont bâties
la vie humaine en général, et la vie chrétienne en

particulier.
Chaquepersonne qui accepte de s’engager sans cette quête de
réconciliation avec Dieu, avec soimême, avec son prochain et

de avec
son environnement, est sur la vraie voie de la vie de

sérénité et de
paix. C’est donc à ce pèlerinage de réconciliation que

l’Eglise
Catholique au
Rwanda s’est particulièrement au cours de cette année

spéciale de la
réconciliation que nous clôturons.

DEUXIEME PARTIE :
LE PROCESSUS DE RECONCILIATION AU RWANDA

Chers prêtres, chers religieux et religieuses, chers fidèles,

9. Nous, Rwandais, grâce à l’Evangile que nous avons

accueilli, il
nous a été possible d’entrer dans le mystère de la

réconciliation dont
tout le monde avait besoin au lendemain de l’histoire

tragique du
génocide perpétré contre les Tutsi en 1994 et de la guerre

qu’a connue
notre pays. Le processus de réconciliation commence toujours

par une
prise de conscience d’un manquement à l’amour de Dieu et du

prochain.

10. Ces trois ans que nous terminons ont été précédés par

d’autres
programmes pastoraux que nous nous sommes fixés au fil du

temps, afin
d’aider les Rwandais en général et les chrétiens en

particulier, à
tenir en considération de l’histoire de discrimination, de

haine, de
guerre et du génocide perpétré contre les Tutsi en 1994 qui a

sévi
dans notre pays, pour réfléchir profondément sur la

réconciliation.
Vous vous rappelez lors de la célébration du jubilé de 2000

ans de la
naissance du Christ dans le monde et de 100 ans de

l’évangélisation de
notre pays l’Eglise Catholique au Rwanda s’est impliquée dans

un
synode spécial. La raison essentielle était le problème de

divisions
ethniques entre Rwandais lié à l’histoire de notre pays. Au

terme de
ce synode, l’Eglise nous a montré et recommandé le chemin de
réconciliation comme remède efficace à nos relations.

11. Après le synode, tous les programmes pastoraux ont été

conçus et
réalisés de manière à concrétiser les recommandations du

synode et à
répondre aux défis soulevés par les Fidèles. A travers eux,

nous
entendions offrir notre contribution de nature à aider les

Rwandais en
général et les chrétiens en particulier à mieux incarner dans

leur vie
privée et relations sociales l’impératif de la réconciliation

au nom
de Dieu pour l’humanité. Le résultat restitué fut le

compendium
réalisé par la Commission Episcopale Justice et Paix et

publié en
avril 2014, lors de la 20ème commémoration du génocide

perpétré contre
les Tutsi en 1994.

12. En entreprenant ce programme pastoral triennal que nous

achevons,
nous avions l’objectif de renforcer et d’améliorer les acquis

des
diocèses mis synodes de l’an 2000, et surtout de souligner
l’importance de la réconciliation dans la restauration des

relations
entre les Rwandais.

13. Durant la première année (2016 notre méditation a porté

sur le
mystère de la miséricorde divine, source de la vraie

réconciliation :
« Soyez donc miséricordieux, comme votre Père est

miséricordieux » (Lc
6,36). A l’école de Dieu nous pardonne quelle que soit la

gravité de
nos offenses, nous avons fait l’expérience de combien la

vraie
réconciliation des personnes puise sa force et son

authenticité dans
la miséricorde et le pardon divins. (Cfr CEPR, Commission

Episcopale
Justice et Paix, La contribution de l’Eglise Catholique dans

le
processus d’unité et réconciliation à travers sa Commission

Justice et
paix. Etude bilan 20 ans après le génocide, Avril 2014)

14. Pendant la deuxième année (2017), nous avons célébré avec

vous
tous le don du sacerdoce ministériel que Dieu a fait à

l’Eglise au
Rwanda. Le prêtre est, en effet, élu pour être le témoin du

Christ, le
bon pasteur2 et l’intendant de la Miséricorde divine, et

partant
ministre de la réconciliation. 15. Au cours de cette

troisième année
(2018) dont nous célébrons la clôture aujourd’hui, chaque

diocèse a eu
l’opportunité de choisir des activités pastorales capables

répondre
aux attentes des Fidèles en les aidant à réfléchir davantage

sur le
mystère et la réalité de la réconciliation dans leur vie

quotidienne.
Ce programme a rejoint les époux dans leurs foyers, les

voisins dans
leurs communautés ecclésiales de base, les jeunes dans les

mouvements
d’action catholique et les écoles, les prêtres, les religieux

et
religieuses ainsi que les autres différents groupes de

chrétiens dans
leur environnement habituel. Nous saisissons cette occasion

pour
exprimer notre gratit
ude à tous ceux qui y ont répondu à notre invitation et ont

donné
personnellement leur contribution ordonnée à aider leurs

communautés à
s’investir dans chaque étape du processus de la

réconciliation basée
sur ces quatre piliers: se réconcilier avec Dieu, se

réconcilier avec
soi-même, se réconcilier avec son prochain et se réconcilier

avec son
environnement.

16. Comme nous en avons fait l’expérience, la réconciliation

est un
long processus. Même si nous nous félicitons du pas déjà

franchi, dans
ce domaine, par les Rwandais après le génocide perpétré

contre les
Tutsi en 1994, nous ne pourrions pas ne pas reconnaître qu’il

y a
encore beaucoup d’efforts à fournir pour arriver à une pleine
réconciliation de tous les Rwandais.

TROISIEME PARTIE :
NOTRE ENGAGEMENT POUR UNE PLEINE RECONCILIATION

17. Un bon bout de chemin a, certes, été parcouru dans le

domaine de
la réconciliation. Cependant, force est de constater qu’il y

a encore
aujourd’hui de réels défis à la pleine réconciliation des

Rwandais.
Parmi eux, nous citerons : les conflits familiaux au sens

large et
spécifiquement entre les époux, le problème de réconciliation

entre
les victimes du génocide et ceux qui l’ont perpétré, l’âpreté

au gain
et les injustices qui émaillent les conflits fonciers

interminables
dans les cours et tribunaux semant et/ou alimentant souvent

la zizanie
entre les proches et voisins. Un autre pas est donc exigé de

tout le
monde dans la résolution ces problèmes qui entravent la

pleine
réconciliation des Rwandais.

18. La vraie réconciliation doit tendre à perfection. C’est

un
engagement qui requiert un dynamisme constant aussi bien dans

la
comprehension que dans la vie dont chaque fidèle doit prendre
conscience. Ce processus va de pair avec la prière qui nous

aide à
nous réconcilier avec Dieu et nous engage à la conversion

sincère et
permanente comme la 2Cfr CEPR, Le prêtre : témoin de Jésus

Christ, le
Bon Pasteur, Message des Evêques catholiques à la clôture du

Jubilé du
centenaire du sacerdoce au Rwanda, Kigali, le 08 Septembre

2017. La
Vierge Marie, Mère du Verbe, Notre Dame de Kibeho n’a cessé

de nous
solliciter quand elle a apparu chez nous au Rwanda.

CONCLUSION

Chers prêtres, chers religieux et religieuses, chers frères

et sœurs
dans le Christ

19. Nous clôturons l’année spéciale de la réconciliation mais

le
processus ne s’achève pas par ici, bien au contraire. Il est
indispensable que nous nous lassions réconcilier avec Dieu.

Nous nous
engageons à faire fructifier les résultats de cette année

spéciale.
Nous nous attèlerons toujours à la prière pour la paix et à

l’échange
d’idées en vue de pouvoir poser d’autres pas sur la voie de

la
réconciliation. Nous confions à sollicitude maternelle de la

Vierge
Marie, Mère du Verbe, les bons fruits de réconciliation

récoltés dans
cette année spéciale qui s’achève.

Que Dieu vous bénisse !

Fait à Kigali le 17 Novembre 2018

Retour au début (#Naviguation)
MESSAGE FROM THE CATHOLIC BISHOPS OF RWANDA TO THE FAITHFUL

AT
THE CLOSURE OF THE SPECIAL YEAR OF RECONCILIATION
“BE RECONCILED WITH GOD” (2 Cor 5:20)
INTRODUCTION

Dear priests, dear religious, dear faithful,

1. Our Lord Jesus Christ has asked us to be the light of the

world and
the salt of the earth (Matt 5:13-16). From the moment of its
establishment, the Church is called to continue this mission

and
exhorted to help the whole world to discover the fruits of

love which
are reconciliation, peace and justice (1Cor 13: 4-7). With

the help of
the Word of God it preaches and the sacraments it gives, the

Church
reconciles the faithful to God so that these first ones can

in turn be
reconciled with their hearts and between themselves.

2. We are finishing our triennial pastoral program started in

2016.
The year 2016 was dedicated to the celebration of divine

mercy; the
year 2017, to the celebration of the Jubilee of the centenary

of the
priesthood in Rwanda and 2018 has been the special year of
reconciliation.

FIRST PART :
RECONCILIATION AS A SECRET OF LIFE, JUSTICE AND PEACE

Dear priests, dear religious, dear faithful,

3. In the message we sent you at the beginning of 2018, we

told you
that our decision to dedicate this year to the pastoral

program of
reconciliation followed the great consequences caused by the

history
of our country and the genocide perpetrated against the Tutsi

in 1994.
We also wanted to succeed in a true reconciliation which is a

big
secret of the life that everyone needs and which gives

tranquility and
lasting peace.

4. At the beginning of this special year of reconciliation,

we said:
“the reconciliation is a long process which requires

sufficient time,
patience and divine grace.” It is a lifelong process that

helps us to
improve our relationship with God by reconciling ourselves

with Him,
with ourselves, with our neighbors and with our environment.

When a
person succeeds in entering this mystery of reconciliation,

he/she
enters fully into the secret of life and regains tranquility

and
lasting peace.

5. According to the Holy Scriptures, in creating man, God had

the plan
to give him a quiet and peaceful life. For this reason, He

recommended
him the reconciliation as the only way to this secret. This

involves
that when he falls in sin, he has to become reconciled with

God,
become reconciled with himself, accept and accept his

history, become
reconciled with his fellow men and live in accordance with

the
environment which God created to him. The person who follows

this
process thereby accepts to reconcile with God.

6. According to the Old Testament, When Adam and Eve

committed sin,
God urged them to repentance and reconciliation with him in

order to
restore unity with him in the beginning. When the Israelites

were on
the way to the Promised Land, God sent them Moses, the

judges, the
kings and the prophets to help them keep his covenant and

live
peacefully. That covenant consisted of reconciliation with

Him and
stay United themselves. And of course, as long as these

people
reconciled with God, they lived in peace.

7. In the New Testament, the Gospels as well as the other New
Testament writings always indicate reconciliation as the

secret of
life and the path to tranquility and peace. Before separating

from his
disciples, Jesus prayed that they would be one as He and his

Father
are one (John 17:21). He exhorted them to love by saying,

“May you
love one another, as I have loved you” (John 13:34). Love is

also the
fruit of reconciliation. Saint Paul also emphasizes

reconciliation as
the secret of life and tranquility that must characterize the

children
of God that he exhorts to support one another and to apply

oneself to
the unity based on Christ (ref. Eph 4:1- 6).

8. Referring to the Holy Scriptures, we note that the

teaching of
Jesus as well as that of his disciples indicates

reconciliation as the
secret on which human life in general, and the Christian life

in
particular, are built. Each person who agrees to walk on this

path of
reconciliation with God, reconciliation with oneself,

reconciliation
with one's neighbor and reconciliation with one's environment

is on
the true path to the life of tranquility and peace. It is

therefore
for this path of reconciliation that the Catholic Church in

Rwanda has
particularly chose during this special year of reconciliation

that we
are closing.

SECOND PART:
THE RECONCILIATION PROCESS IN RWANDA

Dear priests, dear religious, dear faithful,

9. We, Rwandans, thanks to the Gospel that we welcomed, we

entered the
secret of reconciliation that everyone needed in the

aftermath of the
tragic history of genocide perpetrated against the Tutsi in

1994 and
the war our country has experienced. In fact, the process of
reconciliation always begins with a realization of a failure

to love
God and the neighbour.

10. The three years that we are ending have been preceded by

other
pastoral programs which we settled over the years, by wanting

to help
the Christians in particular and every Rwandan generally, to

reflect
about the reconciliation starting from the history of

discrimination,
hatred, war and the genocide perpetrated against the Tutsi in

1994
that characterized our country. You remember that by

celebrating the
2000 anniversary of the Gospel of Christ in the world and 100

years of
evangelization of Rwanda, the Catholic Church in Rwanda

undertook a
special synod. Its main objective was to resolve

disagreements between
Rwandans caused the history of our country. At the end of

that synod,
the Church showed us and recommended the path of

reconciliation as an
effective remedy to our relations.

11. After the synod, all pastoral programmes were conceived

and
carried out in such a way as to concretize the

recommendations of the
Synod and to respond to the challenges raised by the

faithful. We were
generally aiming at helping Rwandans and particularly

Christians to
perfect the principle of reconciliation in restoring their
relationship. The result was the compendium made by the

Episcopal
Commission for Justice and Peace that was published in April

2014,
during the 20th commemoration of the genocide perpetrated

against the
Tutsi in 1994.

12. By undertaking this three-year pastoral program which we

finish,
we had the objective to improve the achievements of the

synods of the
year 2000, and especially the principle of reconciliation in

the
restoration of relations among Rwandans. 13. In the first

year (2016)
we celebrated the divine mercy, source of real

reconciliation: “Be
merciful, just as your father is merciful” (Lk 6:36). We also

saw that
the real reconciliation has to get fresh ideas in the mercy

and the
forgiveness, just like God forgives us without taking into
account the gravity of our sins.

14. In the second year (2017), we celebrated the gift of the
priesthood that God gave to the Church in Rwanda. We

remembered that
the priest must be the witness of Christ, the good pastor and

the
dispenser of divine mercy.

15. In this third year (2018) that we are finishing, each

diocese has
had its own pastoral program to help its faithful to reflect

more on
the secret of reconciliation in their daily lives. This

program has
arrived in families, ecclesial basic communities, movements

of
catholic action, at the priests, at the members of a

religious orders,
and in the other various groups of Christians. Here, we would

like to
thank, in general, all those who responded to it and the

contribution
which each one brought by helping others to perfect

themselves in the
process of reconciliation based on these four pillars which

are: to
reconcile with God, to be reconciled with oneself, to be

reconciled
with one's neighbor and to be reconciled with one's

environment.

16. As we pointed out, the reconciliation is a long process.

Even
though we welcome the step already passed by Rwandans after

the
genocide perpetrated against the Tutsi in 1994, we cannot

refrain from
saying that there is some more of things to do to arrive at

the real
reconciliation of the Rwandans.

THIRD PART:
OUR COMMITMENT TO THE REAL RECONCILIATION IN THE FUTURE

17. Although it is acceptable that a step has been taken on

the path
of reconciliation, a lot of challenges still arise that

prevent the
real reconciliation of the Rwandans. Among them, we will list

the
discord in the families of the married, the problem of

reconciliation
between the victims of the genocide and those who did it, the
injustice by which some want to unjustly take ownership of

the
properties of others through endless judgments that sow

discord among
the neighbors… We must then take another step in solving

these
problems that still now bother the reconciliation of

Rwandans.

18. True reconciliation is therefore the path we must

understand and
every Christian must know that it is a renewable process

throughout
his life. This process goes together with the prayer that

helps us to
be reconciled to God and to convert us as the Virgin Mary,

Mother of
the Word, Our Lady of Kibeho constantly asked us when she

appeared to
us in Rwanda.

CONCLUSION

Dear priests, dear religious, dear faithful,

19. We are closing the special year of reconciliation, but

the process
does not end. We have to become reconciled with God. We will

maintain
this year’s achievements. We will continue the prayer for

peace and
exchange ideas that can help us to make further steps towards

real
reconciliation. We entrust to the Virgin Mary, Mother of the

Word, the
good fruits of this special year of reconciliation that is

coming to
an end.

May God bless you all!
Done at Kigali, on 17th November 2018

UBUTUMWA ABEPISKOPI GATOLIKA BO MU RWANDA BAGENEYE ABAKRISTU
KU MUNSI W’ISOZWA RY’ UMWAKA UDASANZWE W’UBWIYUNGE
«NIMUREKE IMANA IBIGARURIRE» (2 Kor 5, 20)

INTANGIRIRO
Basaserdoti, Bihayimana, Bakristu dukunda,
1. Umwami wacu Yezu Kristu yadusigiye ubutumwa bwo kuba

urumuri
n’umunyu w’isi (Mt 5, 13-16). Kuva Kiliziya yashingwa, ifite
inshingano zo gukomeza ubwo butumwa no gushishikarira kugeza

ku bantu
bose imbuto z’urukundo ari zo: ubwiyunge, amahoro n’ubutabera

(1 Kor
13, 4-7). Ikoresheje Ijambo ry’Imana yamamaza

n’amasakaramentu itanga,
ibereyeho kunga abantu n’Imana bityo bagashobora kwiyunga

n’imitima
yabo no kwiyunga hagati yabo.
2. Imyaka itatu irashize twe Abashumba banyu twihaye umugambi

wa buri
mwaka mu ikenurabushyo rusange. Umwaka wa mbere wa 2016

wabaye umwaka
w’Impuhwe; umwaka wa kabiri wa 2017 uw’Ubusaseridoti; naho

uwa gatatu
wa 2018 uba umwaka udasanzwe w’Ubwiyunge.

IGICE CYA 1: UBWIYUNGE NI IBANGA RY’UBUZIMA, ITUZE N’AMAHORO

Basaserdoti, Bihayimana, Bakristu Bavandimwe,
3. Igihe tubararikiye kwinjira muri gahunda y’ikenurabushyo

y’urugendo
rw’ubwiyunge mu mwaka wa 2018, twahereye ku ngaruka z’amateka

akomeye
y’Igihugu cyacu yaranzwe na jenoside yakorewe abatutsi muri

1994,
tugamije kandi kugera ku bwiyunge nk’ibanga rikomeye

ry’ubuzima buri
muntu wese akeneye, ritanga ituze n’amahoro birambye.
4. Nk’uko twabivuze mu ibaruwa yacu itangiza uyu mwaka

udasanzwe,
ubwiyunge ni “inzira ndende isaba igihe, ubushishozi
n’ubusabaniramana”. Ni urugendo rw’ubuzima bwose, rudufasha

kunoza
umubano wacu twiyunga n’Imana, twiyunga natwe ubwacu,

twiyunga na
bagenzi bacu ndetse n’ibidukikije. Umuntu ubashije kwinjira

muri iryo
banga ry’ubwiyunge, aba yinjiye by’ukuri mu ibanga

ry’ubuzima, bityo
akagira ituze n’amahoro birambye.
5. Iyo dusomye Ibyanditswe Bitagatifu, dusangamo ko kuva mu
ntangiriro, umugambi w’Imana wari uwo kurema mwene muntu,

ikamuha
ubuzima bwuje ituze n’amahoro. Ibyo kugira ngo bigerweho,

Imana
yeretse muntu ko inzira yo kugera kuri iryo banga ari

ukuyoboka inzira
y’ubwiyunge, akamenya kwiyunga na Yo igihe acumuye, kwiyunga

na we
ubwe, kwiyakira no kwakira amateka ye, kwiyunga n’abandi, no

kubana
neza n’ibindi biremwa Imana yamushyize iruhande. Umuntu

wemeye
kwinjira muri iyo gahunda aba yemeye ko Imana ubwayo

imwigarurira.
6. Mu Isezerano rya Kera, igihe Adamu na Eva bacumuye, Imana
yabashishikarije inzira yo kwicuza no kwiyunga, kugira ngo

basubirane
ubumwe bari bafite mu ntangiriro. Igihe umuryango wa

Israheli wari mu
rugendo ugana igihugu cy’isezerano, Imana yifashishije Musa,
Abacamanza, Abami n’Abahanuzi, kugira ngo umenye inzira

y’isezerano
n’ubuzima bw’ituze n’amahoro, ari yo kunga ubumwe n’Imana no

kunga
ubumwe ubwabo. Koko rero, uko umuryango w’Imana

wayigarukiraga niko
wagiraga amahoro n’ituze.
7. Mu Isezerano Rishya, ari mu Ivanjili no mu zindi

nyandiko, naho
hagarukwa cyane ku nyigisho z’ubwiyunge nk’ibanga ry’ubuzima

n’inzira
iganisha ku ituze n’amahoro. Mbere yo gutandukana n’abigishwa

be, Yezu
yabasabiye kuba umwe nk’uko We na Se ari umwe (Yoh 17,21).
Yabashishikarije urukundo agira ati: “Nimukundane kandi

mukundane
nk’uko nanjye nabakunze “(Yoh 13, 34). Urukundo na rwo ni

imbuto yera
ku bwiyunge. Pawulo Mutagatifu na we agaruka kenshi ku

bwiyunge
nk’ibanga ry’ubuzima n’ituze bigomba kuranga abana b’Imana,
abashishikariza kwirinda amakimbirane, kurangwa n’ubumwe

bushingiye
kuri Kristu (Reba Ef 4,1-6).
8. Duhereye ku Byanditswe Bitagatifu, dusanga inyigisho za

Yezu ndetse
n’iz’Intumwa ze, zihuriza ku nzira y’ubwiyunge nk’ibanga

ryubakiyeho
ubuzima bwa muntu muri rusange, n’ubw’umukristu

by’umwihariko. Uwemeye
kunyura muri iyo nzira y’ubwiyunge n’Imana, y’ubwiyunge na we

ubwe, na
mugenzi we ndetse n’ibidukikije Imana yaremye, uwo amenya

inzira
nyakuri y’ibanga ry’ubuzima bw’ituze n’amahoro. Iyo nzira

rero
y’ubwiyunge, ni yo twiyemeje kugana by’umwihariko nka

Kiliziya
Gatolika mu Rwanda muri uyu Mwaka Udasanzwe w’Ubwiyunge turi

gusoza.

IGICE CYA 2: URUGENDO RW’UBWIYUNGE MU RWANDA

Basaserdoti, Bihayimana, Bakristu,
9. Abanyarwanda twagize amahirwe adasanzwe yo kuba twaramenye
Ivanjiri, kuko yatubereye inzira idufasha kwinjira mu ibanga
ry’ubwiyunge buri wese yari akeneye nyuma y’amateka

twanyuzemo ya
jenoside n’intambara. Buri gihe, urugendo rw’ubwiyunge

rutangirana no
kumva ko urukundo rw’Imana n’urwa mugenzi wacu rwabangamiwe.
10. Iyi myaka itatu turangije yabanjirijwe n’izindi gahunda
z’ikenurabushyo twagiye twiha, dufasha abakristu

by’umwihariko
n’abanyarwanda muri rusange kuzirikana ku bwiyunge duhereye

ku mateka
y’ivangura, amacakubiri, intambara na Jenoside yakorewe

abatutsi mu
gihugu cyacu. Muribuka ko mu kwizihiza Yubile y’imyaka 2000

isi yari
imaze imenye Kristu, n’imyaka 100 Abanyarwanda bari bamaze

bakiriye
Ivanjili, Kiliziya Gatolika mu Rwanda yiyemeje gukora Sinodi
idasanzwe. Impamvu nyamukuru yari ikibazo cy’amacakubiri
y’Abanyarwanda, ashingiye ku mateka y’Igihugu cyacu. Mu

myanzuro yayo,
Kiliziya yatweretse inadushishikariza inzira y’ubwiyunge

nk’igisubizo
kirambye cy’imibanire yacu.
11. Nyuma ya sinodi, hakurikiyeho gahunda z’ikenurabushyo

zishingiye
ku myanzuro yayo n’ibibazo byagiye bigaragara mu bakristu.

Izo gahunda
zaganishaga ku gufasha abanyarwanda muri rusange,

n’abakristu
by’umwihariko, gushimangira ihame ry’ubwiyunge mu mibanire

yabo. Ibyo
byagaragariye mu cyegeranyo cyakozwe na Komisiyo y’Inama

y’Abepiskopi
ishinzwe Ubutabera n’Amahoro, cyashyizwe ahagaragara mu kwezi

kwa Mata
2014, ubwo hibukwaga mu Rwanda ku nshuro ya 20 jenoside

yakorewe
abatutsi[i] (#_edn1) . [1] (#_ftn1)
12. Gahunda y’imyaka itatu dushoje, yaje igamije gushimangira

no
kurushaho kunoza ibyavuye muri Sinodi zo mu mwaka wa 2000,

cyane
cyane ihame ry’ubwiyunge mu mibanire yacu nk’Abanyarwanda.
13. Mu mwaka wa mbere w’Impuhwe (2016), twazirikanye ibanga
ry’impuhwe z’Imana[2] (#_ftn2) , ari zo soko y’ubwiyunge

nyabwo: “Mube
abanyampuhwe nk’uko So wo mu ijuru ari umunyampuhwe” (Lk

6,36).
Twazirikanye kandi ko ubwiyunge nyabwo bugomba gushingira ku

mpuhwe no
kumenya kubabarira, nk’uko Imana Data ibabarira ititaye ku

buhemu
bwacu.
14. Mu mwaka wa kabiri (2017, twishimiye impano

y’ubusaseridoti Imana
yahaye Kiliziya mu Rwanda. Twazirikanye ko umusaseredoti

agomba kuba
umuhamya wa Kristu Umushumba Mwiza[3] (#_ftn3) kandi akaba

umugabuzi
w’Impuhwe z’Imana.
15. Uyu mwaka wa gatatu (2018), buri Diyosezi yagize gahunda

zihariye
z’ikenurabushyo zigamije gufasha abakristu mu byiciro byabo

kuzirikana
ibanga ry’ubwiyunge mu buzima bwa buri munsi. Iyo gahunda

yageze ku
ngo z’abashakanye, Imiryango-remezo, Imiryango y’Agisiyo

Gatolika,
Abapadiri, Abihayimana, n’andi matsinda anyuranye. Aha

turashimira
muri rusange abitabiriye, n’uruhare buri wese yagize afasha

abandi
kwivugurura mu nzira y’ubwiyunge, bushingiye kuri za nkingi

enye, ari
zo: kwiyunga n’Imana, kwiyunga na twe ubwacu, kwiyunga na

bagenzi
bacu, ndetse no kwiyunga n’ibidukikije.
16. Nk’uko twabizirikanye, ubwiyunge ni inzira ndende kandi

ya buri
munsi. Nubwo twishimira intera Abanyarwanda tumaze kugeraho

nyuma ya
jenoside yakorewe abatutsi muri 1994, ntitwakwirengagiza ko

hakiri na
none byinshi bikenewe gukorwa kugira ngo tugere ku bwiyunge

bwuzuye.

IGICE CYA 3: IBIKWIYE KWIBANDWAHO KUGIRA NGO TUGERE KU

BWIYUNGE
BWUZUYE
17. N’ubwo bigaragara ko hari intambwe yatewe mu rugendo

rw’ubwiyunge,
haracyari ibibazo bibubangamiye muri iki gihe. Muri ibyo

twavugamo:
ibibazo by’amakimbirane mu miryango n’ingo z’abashakanye,

ikibazo
cy’ubwiyunge hagati y’abakorewe jenoside n’abayibakoze

cyangwa
babahemukiye, ibibazo by’akarengane bishingiye ku guhuguzanya

imitungo
bigenda bigaragarira mu manza z’urudaca zitera umwiryane mu

baturanyi
n’ibindi. Hakwiye rero guterwa intambwe zo gukemura ibyo

bibazo
bibangamiye ubwiyunge bw’Abanyarwanda.
18. Ubwiyunge nyabwo rero ni inzira dukeneye kumva neza,

kandi buri
mukristu akazirikana ko ari urugendo rw’ubuzima bwose. Urwo

rugendo
rujyana n’isengesho ridufasha kugarukira Imana no kwiyemeza

guhinduka,
nk’uko Umubyeyi Bikira Mariya, Nyina wa Jambo, Umwamikazi wa

Kibeho
atahwemye kubidushishikariza igihe adusuye hano iwacu mu

Rwanda.

UMWANZURO

Basaserdoti, Bihayimana, Bakristu Bavandimwe,
19. Dushoje umwaka udasanzwe w’ubwiyunge, ariko inzira yabwo
iracyakomeza. Ni ngombwa kureka Imana ikatwigarurira. Ibyiza
watugejejeho tuzabikomeza. Tuzakomeza isengesho ryo gusaba

amahoro no
kungurana ibitekerezo bidufasha gukomeza gutera intambwe mu

bwiyunge.
Turagije Umubyeyi Bikira Mariya, Nyina wa Jambo, imbuto nziza
z’ubwiyunge zeze muri uyu mwaka dushoje.

Tubahaye mwese umugisha wa gishumba.

------------------------------------------------------------
[1] (#_ftnref1) Reba CEPR Commission Episcopale Justice et

Paix, La
contribution de l’Eglise Catholique dans le processus d’unité

et
reconciliation à travers sa Commission Justice et paix. Etude

bilan 20
ans après le génocide, Avril 2014
[2] (#_ftnref2) Reba Inama y’Abepiskopi Gatolika bo mu

Rwanda, “Tube
abahamya n’abagabuzi b’Impuhwe z’Imana”.Ubutumwa bw’umwaka

w’Impuhwe
Abepiskopi Gatolika bo mu Rwanda bageza ku bakristu, Kigali

kuwa 23
Kamena 2016.
[3] (#_ftnref3) Reba Inama y’Abepiskopi Gatolika bo mu

Rwanda,
Umusaseridoti Umuhamya wa Yezu Kristu, Umushumba mwiza.

Ubutumwa
bw”Abepiskopi Gatolika busoza yubile y’imyaka 100

y’ubusaseridoti mu
Rwanda, Kigali kuwa 08 Nzeri 2017
Retour au début (#Naviguation)
MESSAGE DES EVEQUES CATHOLIQUES DU RWANDA AUX FIDELES A LA

CLOTURE DE
L’ANNEE SPECIALE DE RECONCILIATION
«LAISSEZ-VOUS RECONCILIER AVEC DIEU» (2 Cor 5, 20)

INTRODUCTION

Chers prêtres, chers religieux et religieuses, chers fidèles,

1. Notre Seigneur Jésus Christ nous a assigné une mission,

celle
d’être la lumière du monde et le sel de la terre (Mt 5,13-

16). Dès son
institution, l’Eglise est appelée à poursuivre cette mission

et est
exhortée à aider le monde entier à obtenir les fruits de

l’amour que
sont la réconciliation, la paix et la justice (1Cor 13, 4-7).

A l’aide
de la Parole de Dieu qu’elle proclame et les sacrements

qu’elle
administre, la raison d’être de l’Eglise consiste en la

réconciliation
de ses fidèles avec Dieu afin qu’ils puissent, à leur tour,

être
réconciliés avec eux-mêmes et avec leurs semblables.
2. Nous achevons ainsi notre programme pastoral triennal

débuté en
2016. L’année 2016 était dédiée à la célébration de la

miséricorde
divine ; l’année 2017, à la célébration du Jubilé du premier
centenaire du don du sacerdoce au Rwanda ; tandis que 2018

fut appelé
l’année spéciale de la réconciliation.

PREMIERE PARTIE :
LA RECONCILIATION EN TANT QUE MYSTERE DE LA VIE, SOURCE DE LA
SERENITE ET DE LA PAIX

Chers prêtres, chers religieux et religieuses, chers fidèles,

3. Dans notre message inaugural à votre adresse au début de

l’année
2018, nous entreprenions avec vous tous le voyage / le

pèlerinage d’un
programme pastoral de réconciliation suite aux grandes

conséquences
causées par l’histoire tragique de notre pays dont le point

culminant
fut le génocide perpétré contre les Tutsi en 1994. Nous

voudrions donc
arriver à la réconciliation qui est le grand secret de la vie

dont
tout le monde a besoin et qui donne la sérénité et la paix

durable.
4. Au début de cette année spéciale de la réconciliation au

Rwanda,
nous avons dit / fait remarquer que « la réconciliation est

un long
processus qui requiert du temps suffisant, de la patience et

de la
grâce divine.» (nº. 2) Elle est un processus de toute la vie

qui nous
aide à améliorer notre relation avec Dieu en nous

réconciliant avec
Lui, avec nous-mêmes, avec nos prochains et avec notre

environnement.
Quand une personne parvient à entrer dans ce mystère de
réconciliation, elle entre pleinement dans le mystère de la

vie et par
conséquent retrouve la sérénité et la paix durable.
5. Selon les Saintes Ecritures, en créant l’homme, Dieu avait

le
dessein de lui donner une vie pleine de sérénité et de paix.

Mais
l’homme a désobéi à Dieu et s’est exclu de ce bonheur en

péchant par
ambitions. Pour cette raison, Il lui a indiqué la

réconciliation comme
l’unique voie vers ce secret primordial. En effet, il doit se
réconcilier avec Dieu, se réconcilier avec soi-même,

s’accepter et
accepter son histoire, se réconcilier avec ses prochains et

vivre en
harmonie avec l’environnement que Dieu lui a créé en guise de

cadeau
nécessaire et didactique. La personne qui s’engage dans ce

processus
accepte de ce fait de se réconcilier avec Dieu.

6. Selon l’Ancien Testament, quand Adam et Eve commirent le

péché,
Dieu les a exhortés au repentir et à la réconciliation avec

Lui afin
de rétablir l’unité qu’ils avaient avec Lui au commencement.

Lorsque
le peuple d’Israël était sur le chemin vers la Terre Promise,

Dieu lui
a envoyé Moise, les juges, les rois et les prophètes pour

qu’il
connaisse le chemin de l’alliance avec Dieu, Source de vie

sereine,
dans la paix, possible si et seulement si on est réconcilié

avec Dieu
et en son sein. De fait, chaque fois que le peuple de Dieu

retournait
à Lui, il recouvrait la paix et la sérénité.

7. Dans le Nouveau Testament, aussi bien dans les Evangiles

que dans
les autres écrits néotestamentaires, les enseignements

centrés sur la
réconciliation sont souvent cités comme le secret de la vie

et le
chemin vers la sérénité et la paix. Avant de se séparer de

ses
disciples, Jésus a prié pour qu’ils soient un comme Lui et

son Père
sont Un (Jn 17,21). Il leur a donné un commandement nouveau :

« comme
je vous ai aimés, aimez- vous les uns les autres » (Jn

13,34). L’amour
est également le fruit de la réconciliation. Saint Paul, lui
aussi, revient souvent sur la réconciliation en tant que

mystère de la
vie et de la sérénité devant caractériser les enfants de

Dieu. Ceux-ci
sont encouragés à ne pas céder aux divisions et à s’appliquer

à garder
l’unité fondée en Christ (cf. Ep 4, 1-6).

8. En nous référant aux Saintes Ecritures, nous notons que
l’enseignement de Jésus, mais aussi celui de ses disciples

indiquent
la recherche de la réconciliation comme base sur laquelle

sont bâties
la vie humaine en général, et la vie chrétienne en

particulier.
Chaquepersonne qui accepte de s’engager sans cette quête de
réconciliation avec Dieu, avec soimême, avec son prochain et

de avec
son environnement, est sur la vraie voie de la vie de

sérénité et de
paix. C’est donc à ce pèlerinage de réconciliation que

l’Eglise
Catholique au
Rwanda s’est particulièrement au cours de cette année

spéciale de la
réconciliation que nous clôturons.

DEUXIEME PARTIE :
LE PROCESSUS DE RECONCILIATION AU RWANDA

Chers prêtres, chers religieux et religieuses, chers fidèles,

9. Nous, Rwandais, grâce à l’Evangile que nous avons

accueilli, il
nous a été possible d’entrer dans le mystère de la

réconciliation dont
tout le monde avait besoin au lendemain de l’histoire

tragique du
génocide perpétré contre les Tutsi en 1994 et de la guerre

qu’a connue
notre pays. Le processus de réconciliation commence toujours

par une
prise de conscience d’un manquement à l’amour de Dieu et du

prochain.

10. Ces trois ans que nous terminons ont été précédés par

d’autres
programmes pastoraux que nous nous sommes fixés au fil du

temps, afin
d’aider les Rwandais en général et les chrétiens en

particulier, à
tenir en considération de l’histoire de discrimination, de

haine, de
guerre et du génocide perpétré contre les Tutsi en 1994 qui a

sévi
dans notre pays, pour réfléchir profondément sur la

réconciliation.
Vous vous rappelez lors de la célébration du jubilé de 2000

ans de la
naissance du Christ dans le monde et de 100 ans de

l’évangélisation de
notre pays l’Eglise Catholique au Rwanda s’est impliquée dans

un
synode spécial. La raison essentielle était le problème de

divisions
ethniques entre Rwandais lié à l’histoire de notre pays. Au

terme de
ce synode, l’Eglise nous a montré et recommandé le chemin de
réconciliation comme remède efficace à nos relations.

11. Après le synode, tous les programmes pastoraux ont été

conçus et
réalisés de manière à concrétiser les recommandations du

synode et à
répondre aux défis soulevés par les Fidèles. A travers eux,

nous
entendions offrir notre contribution de nature à aider les

Rwandais en
général et les chrétiens en particulier à mieux incarner dans

leur vie
privée et relations sociales l’impératif de la réconciliation

au nom
de Dieu pour l’humanité. Le résultat restitué fut le

compendium
réalisé par la Commission Episcopale Justice et Paix et

publié en
avril 2014, lors de la 20ème commémoration du génocide

perpétré contre
les Tutsi en 1994.

12. En entreprenant ce programme pastoral triennal que nous

achevons,
nous avions l’objectif de renforcer et d’améliorer les acquis

des
diocèses mis synodes de l’an 2000, et surtout de souligner
l’importance de la réconciliation dans la restauration des

relations
entre les Rwandais.

13. Durant la première année (2016 notre méditation a porté

sur le
mystère de la miséricorde divine, source de la vraie

réconciliation :
« Soyez donc miséricordieux, comme votre Père est

miséricordieux » (Lc
6,36). A l’école de Dieu nous pardonne quelle que soit la

gravité de
nos offenses, nous avons fait l’expérience de combien la

vraie
réconciliation des personnes puise sa force et son

authenticité dans
la miséricorde et le pardon divins. (Cfr CEPR, Commission

Episcopale
Justice et Paix, La contribution de l’Eglise Catholique dans

le
processus d’unité et réconciliation à travers sa Commission

Justice et
paix. Etude bilan 20 ans après le génocide, Avril 2014)

14. Pendant la deuxième année (2017), nous avons célébré avec

vous
tous le don du sacerdoce ministériel que Dieu a fait à

l’Eglise au
Rwanda. Le prêtre est, en effet, élu pour être le témoin du

Christ, le
bon pasteur2 et l’intendant de la Miséricorde divine, et

partant
ministre de la réconciliation. 15. Au cours de cette

troisième année
(2018) dont nous célébrons la clôture aujourd’hui, chaque

diocèse a eu
l’opportunité de choisir des activités pastorales capables

répondre
aux attentes des Fidèles en les aidant à réfléchir davantage

sur le
mystère et la réalité de la réconciliation dans leur vie

quotidienne.
Ce programme a rejoint les époux dans leurs foyers, les

voisins dans
leurs communautés ecclésiales de base, les jeunes dans les

mouvements
d’action catholique et les écoles, les prêtres, les religieux

et
religieuses ainsi que les autres différents groupes de

chrétiens dans
leur environnement habituel. Nous saisissons cette occasion

pour
exprimer notre gratit
ude à tous ceux qui y ont répondu à notre invitation et ont

donné
personnellement leur contribution ordonnée à aider leurs

communautés à
s’investir dans chaque étape du processus de la

réconciliation basée
sur ces quatre piliers: se réconcilier avec Dieu, se

réconcilier avec
soi-même, se réconcilier avec son prochain et se réconcilier

avec son
environnement.

16. Comme nous en avons fait l’expérience, la réconciliation

est un
long processus. Même si nous nous félicitons du pas déjà

franchi, dans
ce domaine, par les Rwandais après le génocide perpétré

contre les
Tutsi en 1994, nous ne pourrions pas ne pas reconnaître qu’il

y a
encore beaucoup d’efforts à fournir pour arriver à une pleine
réconciliation de tous les Rwandais.

TROISIEME PARTIE :
NOTRE ENGAGEMENT POUR UNE PLEINE RECONCILIATION

17. Un bon bout de chemin a, certes, été parcouru dans le

domaine de
la réconciliation. Cependant, force est de constater qu’il y

a encore
aujourd’hui de réels défis à la pleine réconciliation des

Rwandais.
Parmi eux, nous citerons : les conflits familiaux au sens

large et
spécifiquement entre les époux, le problème de réconciliation

entre
les victimes du génocide et ceux qui l’ont perpétré, l’âpreté

au gain
et les injustices qui émaillent les conflits fonciers

interminables
dans les cours et tribunaux semant et/ou alimentant souvent

la zizanie
entre les proches et voisins. Un autre pas est donc exigé de

tout le
monde dans la résolution ces problèmes qui entravent la

pleine
réconciliation des Rwandais.

18. La vraie réconciliation doit tendre à perfection. C’est

un
engagement qui requiert un dynamisme constant aussi bien dans

la
comprehension que dans la vie dont chaque fidèle doit prendre
conscience. Ce processus va de pair avec la prière qui nous

aide à
nous réconcilier avec Dieu et nous engage à la conversion

sincère et
permanente comme la 2Cfr CEPR, Le prêtre : témoin de Jésus

Christ, le
Bon Pasteur, Message des Evêques catholiques à la clôture du

Jubilé du
centenaire du sacerdoce au Rwanda, Kigali, le 08 Septembre

2017. La
Vierge Marie, Mère du Verbe, Notre Dame de Kibeho n’a cessé

de nous
solliciter quand elle a apparu chez nous au Rwanda.

CONCLUSION

Chers prêtres, chers religieux et religieuses, chers frères

et sœurs
dans le Christ

19. Nous clôturons l’année spéciale de la réconciliation mais

le
processus ne s’achève pas par ici, bien au contraire. Il est
indispensable que nous nous lassions réconcilier avec Dieu.

Nous nous
engageons à faire fructifier les résultats de cette année

spéciale.
Nous nous attèlerons toujours à la prière pour la paix et à

l’échange
d’idées en vue de pouvoir poser d’autres pas sur la voie de

la
réconciliation. Nous confions à sollicitude maternelle de la

Vierge
Marie, Mère du Verbe, les bons fruits de réconciliation

récoltés dans
cette année spéciale qui s’achève.

Que Dieu vous bénisse !

Fait à Kigali le 17 Novembre 2018

Retour au début (#Naviguation)
MESSAGE FROM THE CATHOLIC BISHOPS OF RWANDA TO THE FAITHFUL

AT
THE CLOSURE OF THE SPECIAL YEAR OF RECONCILIATION
“BE RECONCILED WITH GOD” (2 Cor 5:20)
INTRODUCTION

Dear priests, dear religious, dear faithful,

1. Our Lord Jesus Christ has asked us to be the light of the

world and
the salt of the earth (Matt 5:13-16). From the moment of its
establishment, the Church is called to continue this mission

and
exhorted to help the whole world to discover the fruits of

love which
are reconciliation, peace and justice (1Cor 13: 4-7). With

the help of
the Word of God it preaches and the sacraments it gives, the

Church
reconciles the faithful to God so that these first ones can

in turn be
reconciled with their hearts and between themselves.

2. We are finishing our triennial pastoral program started in

2016.
The year 2016 was dedicated to the celebration of divine

mercy; the
year 2017, to the celebration of the Jubilee of the centenary

of the
priesthood in Rwanda and 2018 has been the special year of
reconciliation.

FIRST PART :
RECONCILIATION AS A SECRET OF LIFE, JUSTICE AND PEACE

Dear priests, dear religious, dear faithful,

3. In the message we sent you at the beginning of 2018, we

told you
that our decision to dedicate this year to the pastoral

program of
reconciliation followed the great consequences caused by the

history
of our country and the genocide perpetrated against the Tutsi

in 1994.
We also wanted to succeed in a true reconciliation which is a

big
secret of the life that everyone needs and which gives

tranquility and
lasting peace.

4. At the beginning of this special year of reconciliation,

we said:
“the reconciliation is a long process which requires

sufficient time,
patience and divine grace.” It is a lifelong process that

helps us to
improve our relationship with God by reconciling ourselves

with Him,
with ourselves, with our neighbors and with our environment.

When a
person succeeds in entering this mystery of reconciliation,

he/she
enters fully into the secret of life and regains tranquility

and
lasting peace.

5. According to the Holy Scriptures, in creating man, God had

the plan
to give him a quiet and peaceful life. For this reason, He

recommended
him the reconciliation as the only way to this secret. This

involves
that when he falls in sin, he has to become reconciled with

God,
become reconciled with himself, accept and accept his

history, become
reconciled with his fellow men and live in accordance with

the
environment which God created to him. The person who follows

this
process thereby accepts to reconcile with God.

6. According to the Old Testament, When Adam and Eve

committed sin,
God urged them to repentance and reconciliation with him in

order to
restore unity with him in the beginning. When the Israelites

were on
the way to the Promised Land, God sent them Moses, the

judges, the
kings and the prophets to help them keep his covenant and

live
peacefully. That covenant consisted of reconciliation with

Him and
stay United themselves. And of course, as long as these

people
reconciled with God, they lived in peace.

7. In the New Testament, the Gospels as well as the other New
Testament writings always indicate reconciliation as the

secret of
life and the path to tranquility and peace. Before separating

from his
disciples, Jesus prayed that they would be one as He and his

Father
are one (John 17:21). He exhorted them to love by saying,

“May you
love one another, as I have loved you” (John 13:34). Love is

also the
fruit of reconciliation. Saint Paul also emphasizes

reconciliation as
the secret of life and tranquility that must characterize the

children
of God that he exhorts to support one another and to apply

oneself to
the unity based on Christ (ref. Eph 4:1- 6).

8. Referring to the Holy Scriptures, we note that the

teaching of
Jesus as well as that of his disciples indicates

reconciliation as the
secret on which human life in general, and the Christian life

in
particular, are built. Each person who agrees to walk on this

path of
reconciliation with God, reconciliation with oneself,

reconciliation
with one's neighbor and reconciliation with one's environment

is on
the true path to the life of tranquility and peace. It is

therefore
for this path of reconciliation that the Catholic Church in

Rwanda has
particularly chose during this special year of reconciliation

that we
are closing.

SECOND PART:
THE RECONCILIATION PROCESS IN RWANDA

Dear priests, dear religious, dear faithful,

9. We, Rwandans, thanks to the Gospel that we welcomed, we

entered the
secret of reconciliation that everyone needed in the

aftermath of the
tragic history of genocide perpetrated against the Tutsi in

1994 and
the war our country has experienced. In fact, the process of
reconciliation always begins with a realization of a failure

to love
God and the neighbour.

10. The three years that we are ending have been preceded by

other
pastoral programs which we settled over the years, by wanting

to help
the Christians in particular and every Rwandan generally, to

reflect
about the reconciliation starting from the history of

discrimination,
hatred, war and the genocide perpetrated against the Tutsi in

1994
that characterized our country. You remember that by

celebrating the
2000 anniversary of the Gospel of Christ in the world and 100

years of
evangelization of Rwanda, the Catholic Church in Rwanda

undertook a
special synod. Its main objective was to resolve

disagreements between
Rwandans caused the history of our country. At the end of

that synod,
the Church showed us and recommended the path of

reconciliation as an
effective remedy to our relations.

11. After the synod, all pastoral programmes were conceived

and
carried out in such a way as to concretize the

recommendations of the
Synod and to respond to the challenges raised by the

faithful. We were
generally aiming at helping Rwandans and particularly

Christians to
perfect the principle of reconciliation in restoring their
relationship. The result was the compendium made by the

Episcopal
Commission for Justice and Peace that was published in April

2014,
during the 20th commemoration of the genocide perpetrated

against the
Tutsi in 1994.

12. By undertaking this three-year pastoral program which we

finish,
we had the objective to improve the achievements of the

synods of the
year 2000, and especially the principle of reconciliation in

the
restoration of relations among Rwandans. 13. In the first

year (2016)
we celebrated the divine mercy, source of real

reconciliation: “Be
merciful, just as your father is merciful” (Lk 6:36). We also

saw that
the real reconciliation has to get fresh ideas in the mercy

and the
forgiveness, just like God forgives us without taking into
account the gravity of our sins.

14. In the second year (2017), we celebrated the gift of the
priesthood that God gave to the Church in Rwanda. We

remembered that
the priest must be the witness of Christ, the good pastor and

the
dispenser of divine mercy.

15. In this third year (2018) that we are finishing, each

diocese has
had its own pastoral program to help its faithful to reflect

more on
the secret of reconciliation in their daily lives. This

program has
arrived in families, ecclesial basic communities, movements

of
catholic action, at the priests, at the members of a

religious orders,
and in the other various groups of Christians. Here, we would

like to
thank, in general, all those who responded to it and the

contribution
which each one brought by helping others to perfect

themselves in the
process of reconciliation based on these four pillars which

are: to
reconcile with God, to be reconciled with oneself, to be

reconciled
with one's neighbor and to be reconciled with one's

environment.

16. As we pointed out, the reconciliation is a long process.

Even
though we welcome the step already passed by Rwandans after

the
genocide perpetrated against the Tutsi in 1994, we cannot

refrain from
saying that there is some more of things to do to arrive at

the real
reconciliation of the Rwandans.

THIRD PART:
OUR COMMITMENT TO THE REAL RECONCILIATION IN THE FUTURE

17. Although it is acceptable that a step has been taken on

the path
of reconciliation, a lot of challenges still arise that

prevent the
real reconciliation of the Rwandans. Among them, we will list

the
discord in the families of the married, the problem of

reconciliation
between the victims of the genocide and those who did it, the
injustice by which some want to unjustly take ownership of

the
properties of others through endless judgments that sow

discord among
the neighbors… We must then take another step in solving

these
problems that still now bother the reconciliation of

Rwandans.

18. True reconciliation is therefore the path we must

understand and
every Christian must know that it is a renewable process

throughout
his life. This process goes together with the prayer that

helps us to
be reconciled to God and to convert us as the Virgin Mary,

Mother of
the Word, Our Lady of Kibeho constantly asked us when she

appeared to
us in Rwanda.

CONCLUSION

Dear priests, dear religious, dear faithful,

19. We are closing the special year of reconciliation, but

the process
does not end. We have to become reconciled with God. We will

maintain
this year’s achievements. We will continue the prayer for

peace and
exchange ideas that can help us to make further steps towards

real
reconciliation. We entrust to the Virgin Mary, Mother of the

Word, the
good fruits of this special year of reconciliation that is

coming to
an end.

May God bless you all!
Done at Kigali, on 17th November 2018

Novembre 2025
D L Ma Me J V S
1
2 3 4 5 6 7 8
9 10 11 12 13 14 15
16 17 18 19 20 21 22
23 24 25 26 27 28 29
30
Aucun événement

Programme à venir

samedi 11 mars 2017
Caritas Afrique.
Du 18 au 21 septembre,...
samedi 11 mars 2017
Comité Permanent
Du 11 au 14 janvier 2018, la...

 

Nom
E-mail

Partenaires

CAFOD

USCCB

PROPAGANDA FIDEI

MIVA SUISSE

LinkFormation.fr

Coordonnées

Avenue Monts Virunga, n° 59,

Commune de la Gombe, BP 20511

Kinshasa / Gombe / RD Congo

Tél: +243 82 3547108
E-mail : aceac@aceac.cd
www.aceac.cd

Webmail